Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...
Ubwo bajyaga ku bitaro bya Kiziguro gusura umubyeyi wabo wahajyanywe n’ubuyobozi bw’Umurenge ngo avurwe, abana ba Mukandoli Ange babwiwe ko atari buhabwe indi miti kuko iya mbere itishyuwe...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 10, Kamena, 2025 ubuyobozi bw’Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo bwajyanye kwa muganga umukecuru Mukandoli Ange Taarifa Rwanda yari im...
ABAYOBOZI bamwe, bitewe n’impamvu zitandukanye, bafata itangazamakuru nk’imbogamizi kuko ribahwitura ngo buzuze inshingano zabo. Urugero ni urw’abo mu Murenge wa Kiziguro banditse banenga Taarifa Rwan...
Abayobozi b’Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo nyuma yo kumenya ko umukecuru Mukandoli Ange ashonje babisomye kuri Taarifa Rwanda, bagiye kumusura imbokoboko. Aho ba...
Mu Kagari ka Ndatemwa, Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo hatuye umukecuru w’imyaka 71 urwaye indwara yamurembeje guhera muri Nyakanga, 2024. Siyo gusa imurembeje ahubwo n’inzara ntimworo...
Imyaka ibaye umunani umwana witwa Ishimwe Daniel yemerewe ubufasha ngo yige neza ariko ntibwamugezeho mu buryo bwari bwarateguwe, bidindiza imyigire n’imikurire bye. Nyina yapfuye akimubyara, akurira ...
Imwe mu modoka za WASAC yakoreraga ku ruganda rwa Nzove ruri mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge yibwe tariki 17, Gicurasi, 2025. Ku wa Gatandatu mu ijoro ahagana saa sita z’ijoro nibyo iyo...
Steven Nsengiyumva uyobora Umudugudu wa Bidudu mu Kagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kizuguro muri Gatsibo yatekerereje Taarifa Rwanda ibiherutse kumubaho n’abanyerondo ubwo bajyaga gufata François Nkik...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko umusore witwa Jean Claude Hakizimana w’imyaka 21 wo mu Mudugudu wa Nyarurembo, Akagari ka Rubona mu Murenge wa Kiziguro muri Gatsibo yarwemereye ...









