Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yemeje ko imihango yose y’idini yakomorewe, ndetse ko amateraniro abera mu nsengero zifite uburenganzira bwo gukora yemewe mu minsi yose hubahirijwe amabwiriza yo ku...
Abanyarwanda binjiye mu bihe by’amatora bizasiga habonetse abayobozi basaga 240,000, mu gikorwa kizifashishwamo uburyo budasanzwe kubera icyorezo cya COVID-19. Hazaba hatorwa komite nyobozi z’Imidugud...
Umujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa 18 Nyakanga hatangira gahunda yo gutanga ibiribwa ku baturage batishoboye, mu midugudu igize Umujyi wa Kigali n’Uturere umunani turi muri guma mu rugo....
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imiryango yabaruwe ko izakenera ibiribwa muri guma mu rugo igera ku bihumbi hafi 211, bikazatangwa hagendewe ku mubare w’abagize umuryango. Kuri uyu wa ...
Imiryango 144 igizwe n’abantu 685 yatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi mu Karere ka Musanze, nka kimwe mu bikorwa bijyanye no kwizihiza ku nshuro ya 27 umunsi wo Kwibohora. Ni umudugudu waha...
Kuri uyu wa Kabiri hafashwe ibyemezo bikomeye mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani, aho ibiro bya leta n’abikorera, amashuri, insengero n’amakoraniro byafunzwe, kubera izamuka ...
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere yaraye ikomoreye imihango yo gusaba, gukwa no kwiyakira bijyanye n’ubukwe, ibikorwa byari bimaze igihe bibujijwe ndetse byatumye benshi bafatwa banaci...
Abakozi bane ba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka, ubwo bari mu muhanda bavuye i Karongi berekeza i Nyamasheke, mu ruzinduko rwa Minisitiri Gatabazi Jean Marie Viann...
Perezida Paul Kagame yakoze impinduka mu bayobozi bakuru batandukanye, aho Gatabazi Jean Marie Vianney wari usanzwe ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, a...






