Gasogi United yatangaje ko igiye kurega umukinnyi wayo ukomoka muri Centrafrique, Théodore Yawanendji-Malipangou Christian kuko yataye akazi no kutubahiriza amasezerano bagiranye. Ibaruwa ikubiyemo im...
Ahagana saa moya n’igice y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu, taliki 19, Ukwakira, 2024, imvura iremereye yaraye itumye umukino wahuzaga APR FC na Gasogi United usubikwa. Uyu mukino ariko wari watangiye...
Myugariro wa Gasogi United yatawe muri yombi akurikiranyweho gukwirakwiza amafoto n’amashusho y’ubwambure bw’uwahoze ari umukunzi we. Uko bigaragara uyu musore amaze igihe afunzwe kuko yatawe muri yom...
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) usanzwe ari Perezida wa Gasogi United yisubiyeho ku cyemezo yari aherutse gufata cyo gukura ikipe ye mu mupira w’amaguru mu Rwanda kubera ‘umwanda’ avuga ko uwubamo. Kur...
Nyiri ikipe ya Gasogi FC witwa Charles Kakooza Nkuriza (KNC) yatangaje ko asheshe ikipe ye ya Gasogi United kubera ibyo yise ko bidahwitse biri mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Iki cyemezo yagifashe nyu...
Nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 bikozwe na Rayon Sports, umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC yabwiye itangazamakuru ko abakinnyi be bakoze amakosa, Rayon Sports irabakosora. Ngo muri Football bibaho k...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryasubije umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC ko ikirego yareze umusifuzi wasifuye umukino ikipe ye yakinnye na Rayon Sports nta shingiro gifite. Wari um...
Ibaye ikipe ya kabiri itangaje mu makipe akomeye itangaje ko itazitabira imikino y’igikombe cy’Amahoro cya 2023. Itangazo ry’ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ko byakozwe ku ‘mpamvu zitabaturutseho’. K...
Abafana ba Rayon Sports bamwe bahimbye Gikundiro ntibishimye. Bavuga ko iby’ikipe yabo, bamwe bakunze bakiri bato ubu bakaba barabyaye, bimaze kuyoberana. Kugeza ubu bisa nk’aho nta kipe yo ikomeye mu...
Umukino wahuzaga amakipe abiri asangiye itsinda B ariyo Rayon Sports na Rutsiro FC urangiye itsinze Rutsiro FC ibitego bibiri ku busa. Ku munota wa 90 w’umukino nibwo Rayon Sports yatsinze igite...









