Ku kibuga cy’indege cya Kanombe haraye hageze abimukira 153 baturutse muri Libya. Baje basanga abandi babarirwa mu bihumbi baba mu nkambi iba mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera. Abaraye bagez...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye icyiciro cya gatandatu cy’impunzi n’abashaka ubuhungiro baturutse muri Libya, bijyanye n’intego rwihaye yo kubakira by’agateganyo mu gihe hagishakwa ibihugu...
Inkuru ya Tahani (izina rye ryahinduwe ku bw’umutekano), ni imwe mu zigaragaza ubuzima bushaririye abashakisha ubuhungiro bari baraheze muri Libya nyuma bakaza kwakira mu Rwanda, baciyemo. Ubwo u Rwan...
Ahitwa ku Karumuna mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera hari abaturage bataka ko umwotsi uva mu ruganda rukora impu wivanga n’umunuko uruvamo bikabahumanya. Uruganda rutunganya impu rwitwa Kiga...



