Uhereye ku mupaka wa Kagitumba uri mu Murenge wa Matimba aho urugamba rwo kubohora u Rwanda rwatangiriye, ukagera ku buhinzi bw’ibigori bwaguye kandi bwuhira buri i Gabiro, ugakomereza ku nganda...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG(Rtd) Emmanuel Gasana gufungwa imyaka itatu n’amezi atatu n’ihazabu ya miliyoni Frw 36. Akatiwe atyo nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukoresha nabi ububasha ...
Minisitiri w’umutekano mu gihugu Alfred Gasana yaraye asabye Polisi y’u Rwanda kuzakomeza kuba maso mu minsi mikuru irangiza umwaka, ikazaba mu mutekano usesuye. Yabisabiye mu Nama nkuru ya Polisi y’u...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwaraye rwemeje ko ubujurire bwa CG (Rtd) Emmanuel Gasana, budafite ishingiro bityo ko icyemezo cyo kumufunga by’agateganyo cyafashwe n’urw’ibanze rwa Nyagatare kiguma...
Urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rwanzuye ko CG(Rtd) Emmanuel Gasana afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Hari mu isomwa ry’urubanza Emmanuel Gasana aregwamo gukoresha ububasha ahabwa n...
Nyuma y’urubanza rwa Kazungu Denis rutarajya mu mizi rukaba ari rwo rwafatwaga nk’urukomeye kugeza ubu, muri iyi minsi urundi ruvugwa kandi rukomeye kubera uburemere bw’ururegwamo ni urwa CG( Rtd) Emm...
Mu rubanza rugikomeje kubera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare, CG( Rtd) Emmanuel Gasana yahakanye ibyaha bibiri aregwa. Ubushinjacyaha bwo bwasabye urukiko kumufunga by’agateganyo. Emmanuel Gasana wa...
CG( Rtd) Emmanuel Gasana yageze mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare ngo aburane ku byaha ubushinjacyaha bumurega birimo gukoresha ububasha yahawe n’amategeko mu nyungu ze ‘bwite’. Uyu mugabo wamaze imya...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 10, Ugushyingo, 2023, ubushinjacyaha buzageza CG(Rtd) Emmanuel Gasana imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rumurega ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha yahabwga n’amate...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwashyikirijwe dosiye ya CG (Rtd) Emmanuel Gasana wahoze ayobora Intara y’Uburasirazuba ukurikiranyweho ibyaha bibiri aribyo gusaba no kwakira indonke no gukoresha ububash...









