Umukobwa wo mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo witwa Alvera Kwizera afite studio atunganyirizamo amafoto afata abakiliya be kandi yemeza ko bimutunze kuko abikora abikunze. Kwizera afite studi...
Mu karere ka Gasabo batangije icyo bise ‘Operation Mu Mizi’ kigamije gufasha urubyiruko rw’aho ruri mu biruhuko kwibuka ko ubusambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge no kutirinda COVID-19 byashyira ubuzima...
Mu Kagari ka Nyabikenke Umurenge wa Bumbogo Akarere ka Gasabo hari umugabo bivugwa ko yari asanzwe afite abana b’abakobwa babiri yasambanyaga akanashaka abagabo bo kubasambanya bakamwishyura. Um...
Umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo uvuga ko abantu 22 bahamijwe ibyaha birimo kwiba Banki y’Abanya Kenya ikorera mu Rwanda yitwa Equity bagomba gufungwa imyaka umunani buri wese kandi bagafatan...
Mu Bitaro bya Kibagabaga biri mu Murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo hari abarwayi ba COVID-19 babana n’abarwaza babo kandi bitemewe. Umwe muri bo avuga ko amaze hafi Icyumweru mu cyumba aba...
Mu Rwanda cyane cyane mu Mujyi wa Kigali ibiganiro biterekeye ibiri kubera i Rubavu kubera umutingito uhamaze igihe, ni ibyerekeye uruzinduko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron azagirira mu Rwanda...
Urubyiruko rushamikiye k’ Umuryango FPR-Inkotanyi bafatanyije n”Abamotari bo muri uyu Muryango bakorera mu Karere ka Gasabo baraye bahaye inka abakecuru babiri batishoboye n’umupfaka...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu( REG) Bwana Ron Wiess avuga ko hari bamwe mu bakozi b’Ikigo ayobora bakorana n’abajura bakacyiba ibikoresho birimo intsinga n’ibindi. Yabivuze nyuma y’uko...
Perezida Paul Kagame yavuze ko abahora bavuga u Rwanda nabi nta we uzababuza kuvuga, asaba ko abafite ibyiza byo kuvuga badakomeza guceceka, kuko abagambiriye ibibi bashobora kubavangira. Yabigarutseh...
Ubwo Polisi y’u Rwanda yagenzuraga uko amabwiriza akurikizwa, yaje kubwirwa ko hari abantu bagiye mu birori by’ubukwe mu Murenge wa Rusororo barizihirwa bica amabwiriza yo kwirinda COVID-19, iragenda ...








