Mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Jabana hafatiwe Litiro 10,144 z’inzoga Polisi na Rwanda FDA bavuga ko zitujuje ubuziranenge zitwa Huguka Ginger Drink. Zafatanywe umugabo w’imyaka 35 utuye mu Mudugudu ...
Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo hafatiwe abagabo babiri bavugaga ko ari abasirikare ba RDF bakanywa inzoga z’abaturage barangiza ntibishyure. Uwavugaga bamubwiraga ko ibyo arimo atabizi. Umwe...
Mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwo mu Kagari ka Ruhanga, Umurenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo kuri uyu wa Gatanu taliki 15, Mata, 2022 hashyinguwe imibiri itatu y’Abatutsi iherutse ku...
Abasore batatu n’umukobwa umwe barimo batatu bafitanye isano n’undi umwe batekereje umushinga wo gutunganya ibiti byasagutse mu ibarizo n’ahandi bakabikoramo ibikoresho by’ubugeni. Intego yari iyo kur...
Ubuyobozi bw’Utugari twa Nyakabungo na Nkusi Mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo bwateguye umukino w’umupira w’amaguru wahuje amakipe y’urubyiruko muri utu tugari. Urangiye rwibukijwe ko guk...
Abantu barinda imari y’abandi bazwi ku izina ry’abazamu bagize rimwe mu matsinda y’Abanyarwanda benshi badakunda guha agaciro bakwiye ariko mu by’ukuri bafite akamaro kanini. Hari bamwe muri bo batubw...
Hari abaturage bo mu Mudugudu wa Ntora, Akagari ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi bagiye kwereka Polisi abantu bajyaga baguraho urumogi. Abo bantu babiri bagurishaga urumogi Polisi yahise ibafata. Ni um...
Imibare itangazwa kugeza ubu yerekana ko abantu 11 barimo abo mu Karere ka Gasabo n’abo mu Karere ka Bugesera ari bo bishwe n’inzoga Umuneza ikorwa n’Uruganda RWANDABEV Ltd. Ubugenzacyaha bwamaze guf...
Iki Cyumweru kiri kurangira gisize abaturage umunani bo muri Kimihurura bishwe n’inzoga yiswe Umuneza. Mu gihe ab’i Kigaki mu Murenge wa Kimihurura bacyunamira ababo, i Nyanza mu Murenge wa Kigoma bo...
Mu Kagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abantu bane bivugwa ko bapfuye nyuma yo kunywa inzoga zitwa Umuneza n’indi yitwa Imberabose. Umuyobozi nshingwabikorwa ...









