Umugore w’imyaka 55 y’amavuko aherutse gufatirwa mu cyuho yagiye kuvunjisha $3,000 y’amiganano ngo bamuhe amafaranga y’u Rwanda mazima. Ariya madolari uyavunje utabaje gushishoza waha uyavungisha byib...
Maitre Joseph Twagirayezu ukora nk’umunyamategeko wa Apôtre Mutabazi avuga ko uburyo umukiliya we aherutse gusohorwa mu nzu bukurikije amategeko. Avuga ko ibyo abantu basanze mu nzu Mutabazi avugwaho...
Kuri uyu wa Mbere Taliki 26 Nzeri, 2022 nibwo Mukeshimana Célestin yahawe inzu ye yari yarimwe na Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice wari warayifunze, ntiyishyure n’amafaranga y’ubukode. Uyu Mutabazi ya...
Ubugenzacyaha buherutse gufata umugabo usanzwe ukora itangazamakuru kuri imwe muri radio zizwi cyane mu Rwanda nyuma y’uko buregewe ko yakubise umuntu wamwishyuje nyuma yo kwaka inzoga ntiyishyure. Am...
Hari umugabo wafatwaga nk’aho ari we wenyine wari usigaye ahagarariye abo bahuje ubwoko ku isi wapfuye. Uyu mugabo yarasanzwe aba mu ishyamba rya Amazone muri Brazil aho yabagaho ahora yihisha kandi y...
Immaculée Niyonsaba aherutse kwibaruka abana batatu. Imibereho ye yari isanzwe itameze neza none uyu mugisha w’abana yibarutse ugiye kumugora. Asaba uwagira ubushobozi n’umutima ukunze, ko yamufasha ...
Mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo hari abasigajwe inyuma n’amateka bataka ko babayeho nabi kubera ko babuze ibumba ngo babumbe bagurishe babone uko babaho banishyurire n’abana babo. Hiyongeraho k...
Ubusanzwe byari bizwi na benshi ko mu ishyamba rya Nyungwe ari ho hari ibiti bimaze igihe kinini bihatewe. Icyakora mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Rutunga naho hari igiti abahatuye bita Icubya cyangw...
Abanyarwanda ni abantu bafite igihugu n’umuco byihariye. Uretse kuba bose kuva kera na kare bari basangiye ururimi, bigatuma bunga ubumwe kubera ko buri wese yumvikanaga na mugenzi we, Abanyarwanda ba...
Taarifa yabonye amafoto yerekana uko ahakorerwaga inzoga yitwa Huguka Ginger Drink hasa. Iyo urebye umwanda uhari haba mu bikoresho, mu nzu bikoreramo n’ahandi ukibuka ko iyo nzoga yanyobwaga n’Abanya...









