Mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo ahitwa mu Masizi amaduka arindwi yadutsemo inkongi arashya arakongoka. Byabereye mu Kagari ka Nyabikenke kandi ibyabaruwe ko byahiye bifite agaciro ka miliyon...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi WASAC bwatangaje ko amazi ari bube make mu mirenge irindwi y’Akarere ka Gasabo kubera ko hari umuyoboro wayo wangiritse ukeneye kubanza gusan...
Mu karere ka Gasabo Umurenge wa Gatsata haramukiye inkuru mbi y’abantu babiri bagize umuryango umwe bagwiriwe n’urukuta rw’amabuye rwari rwubatse ku mukingo barapfa. Ni umwana w’umwaka umwe n’igice na...
Abaturage bo mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo bavuga ko hari abantu batatu kuri uyu wa Kane bagwiriwe n’ikirombe, umwe muri bo akaba ari umugabo wari wasize ubwiye umugore we ko agiye gushakish...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), ryafatiye mu cyuho abagabo babiri mu Karere ka Gasabo bari bagiye gukwirakwiza mu baturage urumogi. Babasangaye urumogi ruri ku i...
Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Iyi nkuru yamen...
Minisiteri y’ubuzima yaraye ihagarariye igikorwa cyo kwegurura Ibitaro bya Kibagabaga ikigo gishamikiye ku idini ry’Abadivantisiti kitwa Integrative Healthcare Rwanda (IHCR) kugira ngo kicyagure kand...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamaze kwakira ubujurire bwa Manirakiza Théogène aherutse kurugezaho ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo aherutse gufatirwa. Rwatanze italiki urubanza mu bujurire ...
Joseph Harerimana wamamaye nka Apôtre Yongwe yitabye urukiko rw’ibanze rwa Gasabo ngo asomerwe ibyaha aregwa n’ubushinjacyaha, avuge niba abyemera cyangwa atabyemera. Iyi niyo ntambwe ya mbere iterwa ...
Mu Mudugudu wa Rwankuba, Akagari k’Agateko mu Murenge wa Jali muri Gasabo ejo mu masaha y’ijoro bivugwa ko Sibomana Jean Pierre uri mu kigero cy’imyaka 28 yakubise urushyi Hakizimana Innocent w’imya...









