Ku nshuro ya Gatatu mu gihe kitarenze amezi ane, Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge yafashe abandi bantu ikurikiranyeho kwiba ingo z’abantu bakoresheje imfunguzo bacuze, ubundi bakabanza kub...
Mu gihe habura igihe gito ngo u Rwanda n’isi muri rusange bibuke Jenoside yakorewe Abatutsi, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rukomeje gusaba abaturage kwirinda ingengabitekerezo yayo. Kuri u...
Abahagarariye urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, Nyarugenge na Gasabo bavuga ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya ‘ufatika’ mu biganiro bigena ingano y’ingengo y’imari irugenerwa. Babivugiye mu bigan...
Kubaka umuhanda Nyacyonga-Mukoto byatangiye. Ni umuhanda Perezida Kagame yemereye abatuye ibice biri hagati ya Gasabo na Rulindo, ukazaba ufite uburebure bwa kilometero 35. Niwuzurira igihe cyagenwe u...
Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo habereye iturika rya gazi umuriro wangiza byinshi. Inzu yahiye iri mu Kagari ka Kamatama, Umudugudu wa Nyarukurazo. Ababonye iyi nkongi bavuga ko umuriro warus...
Mu buryo butunguranye umugabo watereraga abandi amakorasi bari guhimbariza Imana ahitwa mu Kinyamerika mu Murenge wa Kinyinya yamanutse aryama hasi, bamuhaye Fanta basanga ntagihumeka! Bivugwa ko yari...
Mu Kagari ka Kibenga, mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo hari ababyeyi baraye batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo bakamuta mu bwiherero. Bikekwa ko bamutaye...
Umuryango w’abantu batatu barimo umugabo, umugore n’umwana wabo wari ugiye kuzima habura gato! Byabaye ubwo bagwirwaga n’urukuta umwana na Nyina bagapfa n’aho Se akahakomerekera bikomeye. Bari batuye ...
Noteri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo witwa Elyse Ndamyimana yaguye mu bitaro bya Kacyiru nyuma yo guterwa ibyuma n’abagizi ba nabi. Amakuru y’ibanze Taarifa ifite avuga ko uyu mugabo yatezw...
Ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe muri Centre Christus i Remera mu Karere ka Gasabo, hari taliki 12, Mata, 2024, Perezida wa IBUKA yavuze ko hari abahesha b’inkiko bahishe amarangizarubanza y’abarokotse ...









