Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Mutarama, 2023, umugororwa witwa Jean Damascène Ntawukuriryayo wari warakatiwe gufungwa burundu kubera ubwicanyi yatorotse ‘igororero’ rya Nyanza. Ama...
Taarifa yamenye ko hari umugororwa w’imyaka 24 witwa Daniel wari ufungiye muri Gereza ya Rusizi warashwe ku wa Gatatu w’Icyumweru gishize arapfa. Gereza ya Rusizi yubatswe mu Murenge wa Kamembe hafi y...

