Umuhanzi Lionel Sentore yabwiye itangazamakuru ko yoherereje ubutumire Perezida Paul Kagame ngo azitabire igitaramo ari gutegura yise ‘Uwangabiye’. Avuga ko ageze kure agitegura, kikazabera ageze kur...
Victor Rukotana umwe mu bahanzi bake biyemeje gukora umuziki wa gakondo nyarwanda yatangaje ko mu gihe gito kiri imbere agiye gusohora alubuu yise ‘Imararungu’. Muri BK Arena yaraye ahahurije inshuti ...
Minisiteri y’Ubuzima yasabye Ihuriro ry’abavuzi gakondo kwirinda kubarura no guha ibyemezo abavuzi gakondo bibumbiye mu ihuriro ryabo (AGA Network Rwanda). Bibaye nyuma y’igihe muri ryo havuzwe ubwumv...
Yvan Burabyo wakundwaga ku izina rya Buravan yatabarutse taliki 16, Kanama, 2022 azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Yari umuhanga mu buhanzi akaba muto myaka ariko akagira igikundiro cyagizwe na...
Ruti Joël yaraye atangarije abatabiriye igitaramo “Rurasugiye” cyateguwe n’itorero Ibihame by’Imana ko hari indirimbo yandikiwe na Yvan Buravan uherutse gutabaruka. Zimwe muri zo yaziriri...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 18, Werurwe, 2022, umwe mu bahanzi b’injyana gakondo wamamaye witwa Muyango arataramira Abanyarwanda bakunda indirimbo gakondo. Ni igitaramo Ikigo Green Hills cyatumiyemo Muy...





