Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo mu Muryango w’Abibumbye ishinzwe ubukungu Ambasaderi Claver Gatete yaraye avuze ko kimwe mu byo yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngire...
Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mata, 2024, Perezida Kagame yahaye abasirikare ipeti rya Sous Lieutenant ribinjiza muri ba ofisiye bato. Ni igikorwa...
Ambasaderi w’Ubufaransa mu Rwanda Antoine Anfré yasuye ishuri ry’ingabo z’u Rwanda z’i Gako mu Karere ka Bugesera. Yahasanze kandi aganira n’abasikare bari kwiga Igifaransa bakagifatanya n’andi masomo...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y;Uburasirazuba, EAC, bahuriye mu Bugesera mu kigo cya gisirikare cya Gako baganira uko imyitozo yiswe USHIRIKIANO IMARA 2024 izagenda....
Kuri uyu wa Mbere nibwo abasore n’inkumi barenga 700 bahawe ipeti rya Second Lieutenant na Perezida Paul Kagame. Bari barangije amasomo abategurira kuba ba ofisiye bato mu Ngabo z’u Rwanda...
Mu muhango wo guha ikaze abasirikare barangije amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare riri i Gako icyagaragaye ni uko abakobwa bari bambaye amajipo ari mu mpuzankano ya RDF. Ikindi kigaragara ni uko ...
Mu ijoro ryo ku wa 06, rishyira uwa 07, Ukuboza, 2020 mu bitaro bya Masaka biherereye mu kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro abaganga babiri bashyamiranye umwe akubita undi aramukomerets...






