Umuturage wo mu Karere ka Gakenke Umurenge wa Kivuruga witwa Twahirwa yabwiye Taarifa ko hari bagenzi be badashobora kugeza ibibazo by’ihohoterwa cyangwa ibindi byaha bakorewe ku nzego z’ubugenzacyaha...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru bwemeje ko ubwato bw’ibiti budafite moteri butemerewe kwambutsa abantu mu ruzi rwa Nyabarongo. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’impanuka y’ubwato buheruka...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi yateranyije Inama idasanzwe yahuje abaturage b’Akarere ka Muhanga n’abayobozi mu Ntara ayoboye abwira abaturage ko hari bagenzi babo bagera kuri 60...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe Habarurema Jephte hamwe na Habarurema Desiré bakekwaho kugira uruhare mu gukubita no gukomeretsa Mukamusoni Esperance, uyu akaba ari umugore wa Habarurema, bakab...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko ubukangurambaga bwakoze mu myaka ishize byatumye abaturage bumva ko kubyara ukuzuza isi bitagifite agaciro bitewe n’ibihe abantu barimo. Umuyobozi w’Akarere k...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu batatu bafite ibilo 12.5 by’urumogi bagiye kurucuruza mu baturage, bahita bashyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha ngo bakorweho iperereza. Kuri uyu w...
Polisi y’u Rwanda irasaba abamotari kuzibukira ibikorwa bagaragaramo birimo gufasha abakora ibyaha babageza cyangwa babavana aho babikorera. Ibi Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (...
Abatuye Akarere ka Gakenke batangiye gukoresha ibitaro bya Gatonde bimaze igihe byubakwa nk’isezerano bahawe na Perezida Paul Kagame. Kuri uyu wa Gatatu byakiriye abarwayi ba mbere. Ni ibitaro byubats...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (Rtd)Col Jeannot Ruhunga yabwiye abagenzacyaha bo mu Karere ka Gakenke ko bagomba kujya bacumbura bakamenya impamvu zituma ibyaha bikorwa kugi...








