Umusore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Rugamba, Akagari ka Rurembo, Umurenge wa Rusasa, Akarere ka Gakenke aherutse kwiyahuza umugozi yo gukomereza uwo bavukana akoresheje umuhoro agakeka ko ...
Abahinga ikawa mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke barishimira ko aho bakorera hagiye kubakwa inyubako zizafasha abakunda ikawa kuyihanywera no kwirebera ubwabo uko itunganywa kuva mu murima k...
Bamwe mu batuye Akarere ka Nyabihu n’Akarere ka Gakenke batangaza ko iyangirika ry’ikiraro cyitwa ‘Ikiraro cya Ngoga’ ryatumye bagorwa no kwambuka umugezi wa Mukungwa bamwe bajye guhahirana n’abandi h...
Habumugisha Eliézel yatawe muri yombi nyuma y’uko umugore we witwa Uwineza Christine, wari unatwite inda nkuru yapfuye. Abahagaze basanze yagwiriwe n’urukuta rw’inzu hagakekwa ko byaba byakozwe n’uwo ...
Imodoka yavaga ku ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Busogo yakoreye impanuka mu Karere ka Gakenke ihitana abantu batatu harimo n’umushoferi. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa 26, Ugushyingo, 2023 ahaga...
Mu Karere ka Gakenke haraye hafunguwe Isange One Stop Center ya gatatu iri ku bitaro bya Gatonde biri mu Murenge wa Mugunga. Ni iya gatatu kuko habaga iya Nemba n’iya Ruli. Kuba hari ebyeri gusa byatu...
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke babwiye itangazamakuru ko bahawe ibagiro rifite ubushobozi bwo kubagirwamo inka 600 ku munsi ariko ngo zarabuze k’uburyo habagwa iziri hagati y’eshatu n’icumi ku muns...
Mu Mirenge ya Rwamiko na Mataba mu Turere twa Gicumbi na Gakenke hari abaturage batinyutse babwira itangazamakuru ko hari abayobozi b’inzego z’ibanze( ku rwego rw’Umudugudu) babaka ruswa. Babwiye Radi...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rikura mu nshingano abayobozi b’Uturure dutatu two mu Ntara y’Amajyaruguru. Abo ni Ramuli Janvier w’Akarere ka Musanze, Nizeyimana Jean Marie Vianney w...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Nyakanga, 2023 umugabo witwa Théogène Twagirimana yapfiriye muri Gare ya Musanze nyuma yo kugwa hasi. Yari akiri muto kuko yari afite imyaka 37 y’amavuko....









