Guverinoma ifite igishushanyo mbonera cyerekana uko imijyi cyane cyane uwa Kigali izaba ikoze mu buryo butabangamira ibidukikije, ikaba gahunda yo mu mwaka wa 2024 kugeza mu wa 2029. Iyo Politiki bise...
Abayobozi muri Chorale yitwa Christus Regnat batangaje ko bazakusanya amafaranga bakayageza ku bashinzwe gahunda ya Leta yo kugaburirira abana ku mashuri yiswe Dusangire Lunch. Perezida wa Chorale Chr...
Urwego rw’igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze, REB, ruvuga ko Leta y’u Rwanda yashyizeho uburyo bwo guhugura abana bazatsindwa ibizamini by’amashuri abanza basanzwe biga mu kiciro cyayo cya mbere bita...
Umuyobozi muri CLADHO ushinzwe ibikorwa no kwita ku bana, Evariste Murwanashyaka avuga ko kuba Leta yarashyizeho gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri byatumye abenshi muri bo bakunda kwiga. Yabivuz...
Burya kuba umuntu ushyira ibintu ku murongo, akagira gahunda bigirana isano itaziguye no kuba utuje mu mutwe, udahungabanye. Abahanga baritegereje basanga abantu bashyira ibintu byabo ku murongo bagir...
Mu Karere ka Nyamagabe hari itsinda ry’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bakatiwe barangiza ibihano bihuje n’abayirokotse bayoboka icyo bise ‘Mvura Nkuvure’ kugira ngo baganire uko bafatanya kwitez...
Ikigo Mobile Money Rwanda Ltd (MoMo Rwanda) cyashyizeho uburyo bushya bwo guhererekanya amafaranga hagati y’abacuruzi bishyurana kugira ngo buborohereze mu kazi kabo. Bwiswe MoMoBusiness (MoMoBiz). Bw...






