Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga n’itumanaho Airtel Rwanda cyatangije gahunda yiswe Ingoboka igamije gufasha abarwayi kwishyura ibitaro no kubona uko bagura imiti ariko bakagira n’a...
Ikigo Airtel Money cyatangije gahunda yo gufasha abakiliya kubona ubwasisi bwa 10% igihe cyose baguze amayinite cyangwa se bakoze undi murimo w’amafaranga bakoresheje Airtel Money. Ubu bwasisi babwise...
Jean Claude Gaga avuga ko n’ubwo buri wese afite uburenganzira bwo gukoresha murandasi uko abyumva, ariko ari ngombwa kwirinda kurikoresha mu buryo bwica amategeko, bugashengura abarokotse Jenoside ya...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yabwiye abatuye Umurenge wa Kinazi mu Karere ka Huye ko Leta iri kureba uko bidatinze Abanyarwanda bose batangira kwishyura amafaranga mu...
Ikigo cy’ubucuruzi gitanga serivisi z’itumanaho n’izo kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, Airtel Money, kigiye gutangiza uburyo abagenzi bazajya bishyura Moto bakoresheje Airtel Money. Umwe mu ba...
Jean Claude Gaga uyobora Ikigo Airtel Money yaraye abwiye Taarifa ko guhera mu mwaka wa 2020 ubwo COVID-19 yadukaga mu Rwanda, umubare w’Abanyarwanda bakoresha Airtel Money wikubye kane. Avuga ko bya...
Rwiyemezamirimo mu ngeri zitandukanye Kakooza Nkuliza Charles, “KNC” yagizwe Ambasaderi wa Airtel Money. Yavuze ko abafana b’ikipe ye n’abandi Banyarwanda muri rusange batagombye gutangwa amahirwe yo ...






