Mu Karere ka Ngoma mu mpera za Gicurasi, 2025 hazabera igikorwa cyo kwibuka imiryango y’Abatutsi yazimye, ni ukuvuga ko nta n’umwe mu bari bayigize warokotse. Tariki 31, Gicurasi, nibwo abarokotse Jen...
Akingeneye Janvière w’imyaka 29 y’amavuko wabaga mu Muryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside barangije Kaminuza witwa GAERG abantu bamusanze mu mugozi yapfuye. Bamwe bavuga ko yiyahuye abantu bakavug...
Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, wahembye abanyeshuri batsinze amarushanwa yo gukora ibihangano ku buzima bwo mu mutwe. Umukozi Ushinzwe Ubuzima bwo mu ...
Abagize Umuryango w’Abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, AERG, bavuga ko ubwo Inkotanyi zabohoraga u Rwanda zigahagarika Jenoside zabashyiriyeho uburyo bwo kubaho ntacyo bikanga. Bavuga k...
Mu Murenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke yaraye hibutswe Abatutsi bizize Jenoside yahakorewe. Bari bagize imiryango 121 yazimye ntihasigara n’umwe mu bari bayigize. Abarokokeye muri kiriya gice bav...
Mu misa yasomewe kuri Cathédrale Saint Michel, Cardinal Antoine Kambanda yavuze ko ari ngombwa ko imiryango 15, 593 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside ikazima burundu yibukwa mu buryo bwihariye. Kwibuka ...
Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama hateraniye abanyamuryango ba GAERG baturutse mu miryango yayo itandukanye baganira aho bageze biyubaka ndetse n’uruhare bagira mu kwimamaka imibanire myiza....
AERG, GAERG n’indi miryango basohoye ibaruwa yamagana ubwicanyi bwibasira Abatutsi bavuga Ikinyarwanda baba muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Abanditse iriya baruwa bavuga ko ibiri kubera mu Bur...
Ubwanditsi bwa Taarifa bwagiranye ikiganiro kihariye na Jean Pierre Nkuranga uherutse gutorerwa kuyobora Umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barangije Kaminuza witwa Groupe de...
Abanyamuryango bagize Umuryango w’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barangije Kaminuza witwa GAERG, batoye abazayobora Manda itaha. Jean Pierre Nkuranga niwe wabaye Perezida mushya w’uyu muryango...









