Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rukorera mu Mujyi wa Kigali rwategetse ko sosiyete ikora umuziki yitwa Evolve Music Group Ltd yishyura umuhanzi Gabiro Girishyaka Gilbert bita Gabiro Guitar Frw 900,000 ny...
Uhereye ku mupaka wa Kagitumba uri mu Murenge wa Matimba aho urugamba rwo kubohora u Rwanda rwatangiriye, ukagera ku buhinzi bw’ibigori bwaguye kandi bwuhira buri i Gabiro, ugakomereza ku nganda...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yaraye ashimiye abasirikare bashya barwanira ku butaka barangije amasomo mu kigo cya gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo. Umuyobozi w...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yahuye n’abakora mu buhinzi birimo n’ababwigiye mu gihugu cye, baganira aho babona iki gihugu cyakomeza gushyira imbaraga mu gufasha u Rwanda mu guteza imber...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 17, Kanama, 2023 yeretswe uko ingabo z’u Rwanda zatorejwe i Gabiro zibigenza. Ni imyitozo ikomatanyije yahuj...




