Nyuma y’iminsi icyenda(9) ari mu bitaro kubera kubagwa, Papa Francis yasezerewe kubera ko ubuzima bwe ‘bumeze neza’. Ubwo yasohokaga mu bitaro, yasuhuje abanyamakuru benshi bari baje kumwakira no kug...
Ubuzima bwa Nyiri ubutungane Papa Francis buri kuba bubi. Nyuma yo koherezwa mu bitaro ngo akorerwe isuzuma, amakuru aravuga ko abaganga basanze ari ngombwa ko abagwa amara. Sky News yanditse ko kumub...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01, Mata, 2023 Papa Francis yasohotse mu bitaro aho yari amaze iminsi micye arwariye. Yari arwaye mu bihaha, guhumeka ari ikibazo. Mbere y’uko asezererwa mu bitaro, Papa F...
Guhera mu Kinyejana cya 11 Nyuma ya Yezu Kristu, Kiliziya Gatulika yari yaraciye iteka ko nta mupadiri wemerewe gushaka umugore. Amateka avuga ko ibyo kudashaka umugore byatangijwe n’Intumwa Paw...
Musenyeri Loboka ni umwe mu bihayimana bo muri Sudani y’Epfo witwa Apostles of Jesus bakorera muri Sudani no muri Sudani Y’Epfo. Mu minsi ishize ubwo igihugu cye cyasurwaga na Papa Francis yagiriwe ic...
Mu igare ry’abafite ubumuga, Papa Francis yagezeku kibuga mpuzamahanga cy’I Kinshasa.] Yakiriwe n’abayobozi bakuru ba DRC ndetse n’abo muri Kiliziya gatulika. Papa Francis azasura Repubulika ya Demuka...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yanditse ibaruwa mu Gisipanyolo asobanura neza icyo yashakaga kuvuga ubwo yatangazaga ko abavuga ko ubutinganyi ari icyaha gikwiye guhanwa n’inkiko( crime) ...
Intumwa ya Papa Francis muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yitwa Mgr Ettore Balestrero yavuze ko ubutumwa Papa Francis azazanira abatuye iki gihugu mu mpera za Mutarama, 2023 buzaba ari ubwo kuba...
Kuva Papa Benedigito XVI yatabaruka, ubu i Vatican haravugwa umugambi wa bamwe mu ba Cardinals bashaka ko Papa Francis yegura. Ni umugambi bivugwa ko bahoranye na mbere ariko bakabangamirwa n’uko Bene...
I Vatican hari impungenge z’uko ubuzima bwa Papa Benedigito XVI bushobora kumucika bitewe n’uburwayi bukomeye nk’uko Papa Francis yabitangaje. Joseph Ratzinger ( niwe Papa Benedigito XVI) afite imyak...








