Mu buryo budasubirwaho, Perezida Kagame niwe watangaje ko u Rwanda rutanze Kandidatire yo kuzakira Formula 1. Yagize ati: “Nishimiye gutangaza ku mugaragaro ko u Rwanda ruri gusaba kugarura isiganwa r...
Ukurikije aho ibiganiro byo kwakira iri rushanwa mpuzamahanga bigeze, ushobora kwemeza ko niba nta gihindutse mu mwaka wa 2028, u Rwanda ruzakira irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa mu modoka bita Fo...
Icyamamare mu isiganwa mu modoka zihuta cyane zisiganwa mu kitwa Formula 1 witwa Lewis Hamilton yavuze ko yumva yatura mu Rwanda kandi akavuga ko ashyigikiye ko ruzakira irushanwa rya Formula 1 rumaz...
Muri Kamena, 2024 mu Karere ka Huye hateganyijwe kuzabera isiganwa mpuamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka. Biteganyijwe ko uzaba hagati y’itailiki 14 na 16, Kamena, 2024. Ibyo byatangarijwe mu Nama...
Ikigo gitegura kandi kigatanga ibihembo ku basiganwa mu mdoka zirimo n’izisiganwa muri Formula 1 cyatangaje ko guhemba abitwaye neza muri uyu mukino mu marushanwa azaba mu mwaka wa 2024 bizaber...




