Umuhire Eliane ni umwe mu Banyarwandakazi bamaze kumenyekana muri Filimi nyarwanda. Mu minsi mike azahurira muri filimi n’ibyamamare by’i Hollywood muri Amerika birimo Lupita Amondi Nyong’o, Djimon Ho...
Ikigo gitanga serivisi z’amashusho Canal + Rwanda cyatangaje ko abashaka kureba amashusho y’imikino y’igikombe cy’Afurika bahawe uburyo bwo kuzayireba badahenzwe. Dekoderi ni Frw 5000 ku batayifite, a...
Ubuyobozi bwa Canal + Rwanda bwaraye bukoresheje ibirori byo gutangaza k’umugararo ko ubu ikigo Zacu TV ari icya Canal + Rwanda kandi ko kigiye kujya cyerekana filimi zikinwe n’abanyamahanga ariko bav...
Ni ibyemezwa na Jacqueline Murekeyisoni Umuyobozi w’Umuryango nyarwanda uharanira iterambere rya Sinema by’umwihariko mu bagore witwa Cine Femme Rwanda. Nk’uko bimeze n’ahandi, iyo ibintu bigitangira...
Guhera kuri Perezida Biden kugeza ku muhanzi Justin Bieber, Abanyamerika batunguwe kandi bababazwa no kumva urukiko rwaburanishaga umugore w’icyamamare muri Basket y’Amerika witwa Brittney Griner rwam...
Uyu Munyamerika ari mu bakinnyi ba Filimi b’iki Kinyejana bamamaye kurusha abandi. Imwe muri Filimi yakinnye mu byiciro yiswe Pirates of Caribbean iri mu zakunzwe kurusha izindi mu myaka ya vuba aha k...
Umwe mu bakinnyi ba filimi bakina neza kandi ukiri muto witwa Clenia Dusenge wamamaye ku izina rya Madederi yashinze ikigo cy’ubucuruzi mu bw’ubwubatsi yise Clen Solutions Group. Yamenyekanye muri fii...
‘A Taste of Our Land’ ni filimi yakozwe n’Abanyarwanda ariko ikinwamo n’Umugande witwa Michael Wawuyo Sr iherutse gushimirwa kuba filimi yakozwe n’abagabo ikoze neza. Yahawe igihembo bita ...
Ikigo kitwa B2B(Business to Business) Canal + Business gitanga serivisi zo gufasha amahoteli, ibigo bya gisirikare, amagereza n’ibitaro n’ahandi hahurira abantu benshi bagacyenera kuharara, cyatangije...
Amakuru yatangajwe na BBC aravuga ko Umunya Ecosse ufite inkomoko mu Rwanda witwa Nshuti Gatwa usanzwe ari umunyarwenya yemejwe ko ari we uzakina ari umukinnyi w’imena muri filimi z’uruhererekane zama...









