Umuhanzi nyarwanda wakinnye na filimi witwa Rukundo Frank ariko wamamaye ku izina rya Frank Joe yapfushije umugore we Melanie Gale Rukundo bari bafitanye umwana w’umuhungu. Ku mbuga nkoranyambaga,...
Umwe mu bakinnyi bakomeye muri Amerika witwa Idris Elba yatangaje ko afite gahunda yo kuzatura muri Afurika akazahamara imyaka 10 atoza abakinnyi ba filimi uko filimi ikinwa ku rwego mpuzamahanga. Idr...
Mu Mujyi wa Kigali haherutse kubera impaka ku mpamvu zituma ibyamamare bikomeye muri cinema nyarwanda bihora ari bimwe! Ibyo akenshi ni Papa Sava, Bamenya n’abandi bacye… Ibyo biganiro mpaka bya...
Umufaransakazi ufite inkomoko mu Rwanda Sonia Rolland yanditse kuri X ko yifatanyije n’Abanyarwanda muri rusange n’abarokotse Jenoside by’umwihariko mu kuzirikana ububi bwa Jenoside no kwibutsa abayir...
Alliance Isimbi wamamaye ku izina rya Alliah Cool muri cinema nyarwanda yahawe igihembo cy’uko akina neza kandi akaba yaragize uruhare mu kuzamura imibereho y’abatishoboye. Igihembo yaherewe muri Nige...
Mizero Ncuti Gatwa yahawe igihembo mu byatanzwe bya ‘GQ Men of the Year 2023’ byatangiwe mu Bwongereza bihabwa ibyamamare mu nzego zitandukanye z’imyidagaduro. Taliki 15, Ugushyingo, 2023 nibwo yagihe...
Mu buryo bw’ubujyanama, Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rusaba ababyeyi kudashyira cyangwa ngo bagumishe amashusho y’urukozasoni muri telefoni zabo kuko iyo abana bazibonye bishobora kuzatuma bakor...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kaguhu mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze witwa Ishimwe Aimé yabwiye itangazamakuru ko hari umwana w’imyaka 11 wimanitse mu mugozi arapfa. Ngo uwo mwa...
Itsinda Genesis Iri tsinda ryinjije miliyoni $ 230. Ni amafaranga yabaruwe nyuma y’uko ikigo basinyanye imikoranire ngo kibatunganyirize umuziki kitwa Concord Music Group gikuyemo ayacyo. Abagize iri...
Daniel Donskoy ni Umuyahudi wo muri Israel ariko ukomoka mu babyeyi b’Abayahudi bakuriye mu bihugu bitandukanye; Uburusiya n’Ubudage. Aherutse guhabwa ikiraka cyo gukina filimi ari Umunazi. Abanazi b...









