Hari umufatanyabikorwa wa Kiyovu Sports witwa Gorillas Coffee ugiye kuyiha $50,000 azayifasha gukomeza kwiyubaka. Kiyovu Sports imaranye igihe ibibazo birimo n’ibyo yafatiwe na FIFA birimo kutagura ab...
Amavubi yazamutse ho imyanya ibiri ku rutonde ngarukakwezi rw’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi, FIFA. Ni umwanya wazamutse nyuma kwitwara neza mu mikino ibiri ya gicuti rwakinnye muri We...
Mbere y’uko amatora ya Perezida mushya wa FIFA atangira kuri uyu wa Kane taliki 16, Werurwe, 2023 intumwa za federasiyo 211 ziyitabiriye zabanje gutorera ingingo y’uko Zimbabwe na Sri Lanka byakwemerw...
Amatora ya Perezida wa FIFA amaze gutorera Gianni Infantino kongera kuyobora FIFA muri Manda y’imyaka ine. Aya matora ari kubera muri BK Arena akaba yitabiriwe n’abantu bakabakaba 2000, baturutse mu ...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inteko rusange ya 73 ya FIFA iri kubera mu Rwanda ko rwishimira ko rwatoranyijwe ngo rwakire iyi nteko. Yaboneyeho umwanya wo kwibutsa abantu ko Politiki mbi idakw...
Nyuma yo gushyikirizwa igihembo cy’Indashyikirwa mu bayobozi b’Afurika bateje imbere umupira w’amaguru, Perezida Kagame yakebuye bagenzi be kugira ngo bakore uko bashoboye bateze imbere impano z’abatu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, riri mu ihurizo ry’uburyo rizabuza abazitabira imikino yose y’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kunywa inzoga! Hejuru y’ibi kandi hariyongeraho amase...
Mu Nteko yaguye ya 71 ya FIFA yaraye iteranye, hatowe abayobozi bashya ba za Komite ziyobora udushami twa FIFA. Muri zo harimo n’ishinzwe guperereza ku myitwarire idahwitse ishobora kuvugwa ko bakozi ...
Amakipe 12 akomeye mu mupira w’amaguru mu Burayi yishyize hamwe atangiza irushanwa ryiswe Super League rizajya rikinwa buri mwaka, ariko ritakiriwe neza n’andi marushanwa asanzwe mu mupira w’amaguru m...
Bwana Martin Ngoga usanzwe ari Perezida w’Inteko ishinga Amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatorewe kuba Umuyobozi wungirije wa Komite ya FIFA ishinzwe imyitwarire y’abayigi...









