Nyuma y’amagambo akomeretsa yakorewe umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi witwa Rhadia Salma Mukansanga mu mpera z’icyumweru cyarangiye Taliki 22, Mutarama, 2023, FERWAFA yatangije iperereza kuri...
Kuri iki Cyumweru Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryashyikirije impano umunyabigwi Jimmy Gatete uri mu Rwanda mu rwego rwo gutegura igikombe cy’isi cy’abagabo bagacishijemo mu m...
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Amavubi n’uwa AS Kigali yaraye agiranye ikiganiro n’umusifuzi mpuzamahanga witwa Eric Mugabo gisa n’aho cyarimo no gutongana amusaba kutabogamira ku ikipe yamu...
Umwe mu myanzuro y’Inteko rusange ya FERWAFA yaraye iteranye ni uw’uko mu mwaka utaha w’imikino bita season hazatangira ikiciro cya gatatu mu marushanwa y’umupira w’amaguru. Abayobozi ba FERWAFA bavug...
Ni ibyagarutsweho ubwo hasinywaga amasezerano y’ubufatanye hagati y’Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino w’umupira w’amaguru n’Ishyirahamwe rigamije guteza imbere umukino w’umupira w’amaguru mu mashuri....
Ibaruwa yasohowe kuri uyu wa Kane taliki 10, Werurwe, 2022 ivuye mu Buyobozi bw’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Rwanda , FERWAFA, yavuga ko amasezerano Vincent Mashami yari afitanye nayo yo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA n’Ishyirahamwe nyarwanda rigamije guteza imbere umupira w’amaguru mu mashuri, Fédération Rwandaise du Sport Scolaire, FRSS, bagiye gusinya amaseza...
Nizeyimana Mugabo Olivier yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, mu matora yari asigayemo ari umukandida umwe. Yageze ku munsi w’amatora ari wenyine nyuma y’uko Rurang...
Rurangirwa Louis yakuye kandidatire mu matora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bituma Nizeyimana Olivier asigara ari umukandida umwe rukumbi kuri uwo mwanya. Rurangi...
Rurangirwa Louis wamenyekanye nk’umusifuzi mpuzamahanga na Nizeyimana Olivier uyobora Mukura Victory Sports bemejwe mu buryo ntakuka, nk’abakandida ku mwanya wa Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Am...









