Abakozi b’Ishyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bagiye kwiherera ngo baganire uko bazarushaho gukora neza mu minsi iri imbere. Uyu mwiherero ubaye nyuma gato y’uko...
Amakuru aravuga ko Carlos Alòs Ferrer wari umutoza mukuru w’Amavubi aherutse kwandikira FERWAFA ayisaba gusesa amasezerano mashya yari aherutse gusinyana nayo. Yari ayo gukomeza kuyatoza mu myaka ibir...
Gacinya Chance Denis yongeye kwangirwa kwiyamamariza kujya mu Mpuzamashyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, kubera impamvu z’ubunyangamugayo. Komisiyo y’Amatora muri iri shyiram...
Komisiyo ishinzwe amatora mu Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’amaguru, Ferwafa, yanze kandidatire zirimo iya Gacinya Chance Denis na Murangwa Éugene wakiniye Rayon Sports. Aba bagabo ntibagaragaye ...
Mu gihe hasigaye iminsi itageze kuri ine ngo hakinwe imikino yo ku munsi wa 30 wa Shampiyona, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, FERWAFA, ryakoze impinduka y’uko iyi mikino izakinwa. Ni imi...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yahanishije u Rwanda mpaga nyuma yo gusanga rwarakinishije Muhire Kevin kandi yari ufite amakarita abiri y’umuhondo ku mukino waruhuje na Bén...
Mugabo Olivier Nizeyimana wari umaze igihe gito atorewe kuyobora FERWAFA yeguye kuri uyu mwanya. Bivugwa ko yeguye ku mpamvu ze bwite. Mu ibaruwa Mugabo Olivier Nizeyimana yasohoye yanditse ko yeguye...
Sena y’u Rwanda yakiriye inzego za Siporo zihagarariwe na Minisiteri yayo ngo baganire ku bibazo biri muri Siporo mu Rwanda muri rusange n’umupira w’amaguru by’umwihariko. Senateri Marie Rose Mureshya...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yanzuye ko umukino wo kwishyura hagati y’Amavubi n’ikipe y’igihugu ya Benin utazabera mu Rwanda. Ivuga ko yari yarasabye FERWAFA kunoza ibya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryasubije umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC ko ikirego yareze umusifuzi wasifuye umukino ikipe ye yakinnye na Rayon Sports nta shingiro gifite. Wari um...









