Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryatangaje ko umubare w’abanyamahanga bifashishwa ku mukino muri Shampiyona y’uyu mwaka bava kuri batandatu bakaba umunani. Biri mu itangazo ryagenewe...
Guhera Tariki 12, Nzeri, 2025 nibwo Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda izatangira, irangire mu mwaka utaha wa 2026 muri Gicurasi. Umukino wa mbere wayo uzaba tariki 14, Nzeri, 2025 icyakora uko...
Mu gusobanura ibyo ateganya kuzakora natorerwa kuyobora FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice avuga ko kimwe mu byo ateganya kuzakora natorwa, harimo no guhemba abasifuzi. Asanga bizafasha mu kunoza imisifurir...
Umunyamategeko akaba n’umunyamakuru Jules Karangwa yemejwe ko ari umuyobozi w’Urwego rushinzwe Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda rwitwa Rwanda Premier League. Imirimo yakoraga muri iki gihe ya...
FERWAFA yemeje ko uwari umutoza mukuru wa Amavubi, Frank Torsten Spittler, adakomeza kubikora kuko ibiganiro byo kongera amasezerano yagiranaga nawe ntacyo byageze ho. Uyu mugabo ukomoka mu Budage ya...
Alphonse Munyantwali uyobora FERWAFA yavuze ko ibiganiro byo kongerera amasezerano y’akazi umutoza w’Amavubi yari yarahawe akaza kurangira bigikomeje. Abakurikirana umupira w’amaguru mu Rwanda bari b...
FERWAFA yemeje ko hagiye gutahwa Hoteli yubatswe n’iri shyirahamwe, bikavugwa ko izatahwa mu mezi atatu ari imbere. Bivuze ko izatahwa muri Mutarama, 2025. Perezida wa FERWAFA, Munyantwali Alphonse ya...
CAF yemeje ko amafaranga yagenerwaga abayobozi ba za Federasiyo z’umupira w’amaguru hirya no hino muri Afurika uzamurwaho 150% akagera ku bihumbi 50$. Bivuze ko Munyentwari Alphonse uyobora FERWAFA ag...
Umuhanzi ukomeye mu Rwanda ndetse watangiye kwangura imbibi akaba ageze no muri Amerika, Bruce Melodie yatangaje ko we n’umunyemari bamaze iminsi bakorana wiwa Coach Gael bagiye gushora mu ikipe yitwa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riteganya ko muri uyu mwaka wa 2024 rizakoresha ingengo y’imari ingana na Frw 9.932.725.243 . Muri iyi ngengo y’imari, Miliyari Frw 5,73 azakores...









