Mu Mujyi wa Kigali kuri iki Cyumweru Taliki ya 29 Mutarama, 2023 habereye isiganwa ku magare mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari wizihizwa buri taliki 01, Gashyantare. Ku ruhande rw’abagabo, Tuyi...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah...
Hashize iminsi micye mu itangazamakuru havugwa ko Umunyarwanda wamamaye mu gutwara igare witwa Samuel Mugisha ‘yaburiwe irengero.’ Asanzwe akinira ikipe yo muri Afurika y’Epfo yitwa ProTouch Cycling T...
Ubuyobozi bwa Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare, FERWACY, bwasabye abakora umukino w’amagare kwirinda gutegura amarushanwa batabanje kubumenyesha. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah Murenzi yab...
Ubwo yiyamamarizaga kongera kuyobora Federasiyo y’umukino wo gutwara amagare, Abdallah Murenzi yabwiye abari aho ko natsinda azakora uko ashoboye umukino w’amagare ugakomeza gutera imbere. Ati: “ Munt...
Ishimwe Patrick wari umukinnyi utanga icyizere mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, yishwe n’impanuka y’imodoka yabereye mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Gatandatu. Ishimwe yakiniraga iki...
Itsinda ry’abashoramari bo muri Qatar riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Abdulla Bin Mohammed A. Al Sayed bagiranye ikiganiro kihariye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare...
Ibibazo byo muri FERWACY byatangiye kumenyekana ubwo Ishami rya Taarifa ryandika mu Cyongereza ryabitangazaga. Havugwagamo itonesha na ruswa ndetse byaje gutuma uwahoze ayobora iri shyirahamwe ry’umuk...
Nyuma y’uko isiganwa ku magare mu irushanwa ryo kuzenguruka u Rwanda rirangiye ryegukanywe n’umunyamahanga, Abanyarwanda baryitabiriye basabye Minisiteri ya Siporo na FERWACY kubategurira imyitozo myi...
Irushanwa ry’amagare rya Tour du Rwanda ryakomeje kuri uyu wa Kabiri ryerekeza mu Karere ka Huye, nyuma y’agace ka mbere kabaye kuri iki Cyumweru kagasorezwa i Rwamagana. Abakinnyi bari mu irushanwa u...









