Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) bwemeje ko mu Rwanda hazashyirwa ikigo bise ‘Centre Satellite’ gitoza uyu mukino ku rwego mpuzamahanga. Iki kigo kizubakwa muri Musan...
Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko ishaka ko abantu bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa baza guhugurirwa kuba abatoza b’amakipe akina uyu mukino. Bukubiye mu itangazo iyo F...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Mutarama, 2024, Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryasinyanye amasezerano na Sosiyete za A.S.O yo mu Bufaransa na Golazo yo mu Bubiligi ngo azarifashe...
Kuri iki Cyumweru hatowe Komite nyobozi nshya y’Ishyirahamwe ry’umukino wo gutwara igare. Iyobowe na Ndayishimiye Samson watowe ku manota 8 andi atatu atora Oya. Yungirijwe na Visi Perezida wa mbere w...
Ladislas Ngendahimana usanzwe uyobora RALGA yakuyemo kandidatire yari yaratanze yo kuyobora FERWACY. Niyo Kandidatire rukumbi yari yaratanzwe kugeza ubu. Kwiyamamaza kwe kwataje impaka mu bakurikirani...
Abdallah Murenzi wari uherutse gutorerwa indi manda y’imyaka ine ayobora Federasiyo y’umukino wo gutwara amagare, yeguye. Avuga ko bishingiye ku mpamvu ze bwite nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter...
Ubugenzacyaha, RIB, bwataye muri yombi Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Munyankindi Benoît. Hari n’amakuru avuga ko muyobozi w’iri shyirahamwe, Murenzi Abdallah n...
Mu Karere ka Musanze haherutse kubera umwiherero w’ubuyobozi bw’Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino w’amagare, FERWACY. Umuyobozi waryo Murenzi Abdallah yabwiye Taarifa ko uriya mwiherero wari ugamije k...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye cyangwa ngo ahagwe. Mur...
Abasiganwa mu kuzenguruka u Rwanda ku ikubitiro barahaguruka i Nyarutarama ahitwa Golf berekeze in Rwamagana. Barakora intera ya Kilometero 115,6. Barahaguruka saa yine. Tour du Rwanda ya 2023 izaki...









