Mu mirenge ituriye ikiyaga cya Kivu mu turere twa Rutsiro na Rubavu hatangiye guterwa ibiti by’imbuto n’ibisanzwe kugira ngo bifate ubutaka buva mu misozi igikikije bityo hirindwe isuri. Isuri ibaho i...
Abaganga bavuga ko cancer y’ibere ari ikibazo gikomereye Abanyarwandakazi, bagasabwa kwisuzimisha igihe cyose bumvise ko mu ibere harimo akabyimba ariko kataryana. Ako kabyimba wakwita ‘akabuye&...
Muri Uganda umusifuzi witwa Peer Kabugo yapfiriye mu kazi ari gusifura umukino wahuje SC Villa n’ikipe y’ingabo za Uganda yitwa UPDF. Hari mu mukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Ugan wabaye...
Ikigo cy’imari cya BK Capital cyahembewe kuba Umuhuza mwiza w’Isoko ry’Imari n’Imigabane mu Rwanda mu mwaka wa 2024. Iki kigo gishinzwe kugurisha imigabane kikaba cyahembewe uruhare rwacyo mu buhuza k...
Mu bukungu umusaruro ku isoko ugira ingaruka ku biciro. Umusaruro w’ibikomoka ku bworozi mu Rwanda, by’umwihariko, utubuka cyangwa ugatuba kubera impamvu zitandukanye. Bimwe mubyo aborozi bavuga ko b...
Nyuma y’ibiganiro biherutse guhuza Perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we uyobora Uganda Yoweri Museveni, abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byombi nabo baganiriye. Gen Muhoozi Kainerugaba ugaba inga...
Mu Murenge wa Nyarugenge ahateganye na BRD hatashywe Ikigo Nyafurika cy’imiti, Africa Medicines Agency, AMA. U Rwanda nirwo rwatsindiye iki cyicaro nyuma yo guhigika ibihugu icyenda byagishakaga. Mini...
Ikipe y’igihugu Amavubi yaraye iteye Abanyarwanda n’Umuyobozi wabo Paul Kagame akanyamuneza nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Djibouti ibitego bitatu ku busa. Hari mu mukino wo kwishyura mu ijonjor...
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuzafunga Miss Muheto Divine Nshuti kuzafungwa umwaka n’amezi umunani. Muheto yemeye ibyo aregwa ariko ahakana ko atigeze ahunga. Kuri uyu wa 31 ...
Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwanzuye ko Dr.Eugène Rwamucyo afungwa imyaka 27 nyuma yo kumuhamya kugira uruhare muri Jenoside. Nyuma yo gukatirwa, abaje kumushyigikira bagaragaje uburakari rurangiy...









