Nshuti Muheto Divine wabaye Miss Rwanda mu mwaka wa 2022 yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro igihano cy’amezi atatu asubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Yahanishijwe kandi gutanga ihazabu ya Frw 19...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ambasade y’u Rwanda mu Murwa mukuru wa Mozambique, Maputo, ifunze imiryango by’agateganyo. Ni icyemezo kizamara iminsi ibiri nk’uko Minisiteri ...
Amanota ava mu byamaze kuva mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Amerika, aremeza ko Donald Trump ari we uri imbere. Yamaze no gutangaza ko Amerika yamwizeye ikamuha izindi nshingano zo kuyi...
I Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye inama yahuje intumwa z’u Rwanda, iza DRC n’abahagarariye Angola, ikaba yemerejwemo ko hajyaho itsinda rito ry’ingabo zizagenzura niba agahenge bi...
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi, Ruhango na Muhanga yafashe abantu 51 bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo budakurikije amategeko. Bafatanywe ibilo 700 bya gasegereti, lithium na coltan. Ab...
Uwayo Divin wari usanzwe ari umunyamakuru kuri RBA yashinzwe kuyobora radio zose za RBA. Bikubiye mu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa RBA, rikaba rikubiyemo n’uko Ines Ghislaine Nyinawum...
Abagore baturutse mu bihugu by’Afurika bari mu Rwanda mu nama y’iminsi ibiri n’igice biga ibikibangamiye abakobwa mu kwiga Sciences muri Kaminuza. Bavuga ko bitumvikana ukuntu abagore n’abakobwa biga ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo amakuru yamemyekane ko inzego z’umutekano za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zafunze umupaka witwa Grande Barriere uhuza iki gihugu n’u Rwanda. Uyu mupaka us...
Mu masaha ya kare kare Abanyamerika baramutse bitabira gutora Umukuru w’igihugu cyabo, akaba agomba gutorwa hagati ya Kamala Harris na Donald Trump. Nubwo abaturage b’iki gihugu bagera kuri miliyoni 2...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko uducurama twazanye Marburg mu Rwanda twabanje kwanduza umugabo wakoraga mu kirombe cy’amabuye y’agaciro mu gace gaturanye n’Umujyi wa Kigali. Sabin Nsanzimana ushinzwe Mi...









