Albert Shingiro ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Burundi avuga ko u Rwanda rudakwiye kugira impungenge zo kubushyikiriza abakoze Coup d’état mu mwaka wa 2025 igapfuba kuko ntacyo buzab...
Nk’uko isanzwe ibigenza mu kumenyesha abantu uko Marburg ihagaze, Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda nta muntu ukiyirwaye. Isaba Abanyarwanda kutirara ngo batezuke ku ngamba zo kwirinda iyi n...
Perezida Kagame avuga ko kugira ngo urubyiruko rw’u Rwanda ruteze imbere imishinga yarwo Guverinoma yarushyiriyeho ikigega kishingira imishinga yarwo kugira ngo igurizwe na Banki, iki kikaba ik...
Muri Musanze hagiye kubakwa uruganda rukora ibyuma ruzunganira urwitwa SteelRwa Ltd rukorera mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Mwurire. Urw’i Musanze ruzakora ibyuma mu mabuye y’ubutare, rukazagaba...
Perezida w’Uburusiya yavuze ko yiteguye kwitaba Donald Trump igihe cyose azatera intambwe akamuhamagara. Yaboneyeho no kumushimira intsinzi aherutse kwegukana mu matora y’Umukuru w’Amerika aheruka. As...
Raporo y’Ikigo cy’Itumanaho MTN Rwanda (iri mu Cyongereza) igaragaza ko mu mezi icyenda ya mbere y’umwaka wa 2024 abafatabuguzi bacyo biyongereyeho 5,3% ugereranyije n’igihe nk’iki mu mwaka ushi...
FERWAFA yemeje ko hagiye gutahwa Hoteli yubatswe n’iri shyirahamwe, bikavugwa ko izatahwa mu mezi atatu ari imbere. Bivuze ko izatahwa muri Mutarama, 2025. Perezida wa FERWAFA, Munyantwali Alphonse ya...
Nk’uko byari biteganyijwe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane i Maputo mu Murwa mukuru wa Mozambique hakozwe imyigaragambyo ikomeye yiganjemo urubyiruko rushyigikiye umukandida wo mu ishyaka ritavuga rum...
Ahitwa mu Rugando mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo haherutse gufungurwa icyumba cy’ikoranabuhanga mu gukora ibikoresho bikora nk’abantu bita robots kigenewe abana bakiri bato muri rusange....
Ubwo yajyaga ku butegetsi bwa mbere hagati y’umwaka wa 2017 n’uwa 2021, Donald Trump yavuze ko igihugu cye kidashobora gukorana n’amasezerano y’i Paris avuga ko ibihugu bikize bigomba kugabanya ibyuka...









