Mu myaka itatu iri imbere mu Karere ka Gakenke hazaterwa ibiti 75,000 ku buso bungana na hegitari 3000. Umwero wabyo uzafasha u Rwanda kongera umusaruro w’avoka rwohereza mu mahanga. Uyu mushinga uzah...
Umugabo witwa Nziza wo mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma yafashwe na Polisi ifatanyije na RIB nyuma yo gukekwaho kwica Pauline Nduwamungu, uyu akaba umukecuru yishe arangije amuca umutwe. Ya...
Ku bufatanye na Minisiteri ya ICT na Inovasiyo, Airtel Rwanda yatangije murandasi y’igisekuru cya kane bita 4G ikora aho uyifite yaba ari hose mu Rwanda. Izakora mu Rwanda hose ku kigero cya 95% kandi...
Umuryango w’abaganga batagira umupaka bita Médecins Sans Frontières (MSF) uratabariza impunzi ziba mu nkambi z’i Goma ko zugarijwe n’indwara Abanyarwanda bita Macinyamyambi. Kutagira...
Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyahawe moto 39 zo kugeza ku bigo nderabuzima n’ibitaro byo hirya no hino mu Turere dutanu kugira ngo zizafashe abajyanama b’ubuzima kugera ku...
John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda yitabye Sena ngo asobanurire abayigize bimwe mu byo basanze uru rwego rushinzwe ubuzima bw’ifaranga ry’u Rwanda rudatunganya neza. Birimo kuba hari inyan...
Mu kigo Vivo Energy Rwanda basaba abafite stations zicuruza ibikomoka kuri Petelori gukorana nabo kugira ngo babarebere niba nta binyabutabire bidakwiye bibirimo. Umukozi wacyo witwa Felix Ufiteyezu a...
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2024, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wemereye u Rwanda miliyoni Є 20 zo gukomeza guhangana n’inyeshyamba ...
Mu kiganiro giherutse guhuza Polisi n’itangazamakuru mu Ntara y’Amajyaruguru, hatangarijwemo ko hagati ya Kanama na Ukwakira, 2024 abantu 339 bafatiwe muri magendu, abagera kuri 239 muri bo bakaba abo...









