Tariki 25, Ugushyingo, 2024 i Luanda muri Angola habereye inama yahuje Minisitiri Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na mugenzi we Judith Kayikwamba Wagner wa DRC, iganirirw...
Muri ba Ambasaderi Perezida Kagame yaraye yakiriye impapuro zabo zibemerera gukorera mu Rwanda, harimo n’uwa Luxembourg witwa Jeanne Crauser. Aje guhagararira Luxembourg mu Rwanda nyuma y’uko narwo rw...
Ubyumvise wakumva ko ari kera ariko mu mwaka wa 2026 ni vuba cyane. Muri uwo mwaka rero abahanga bavuga ko ibikoresho bya plastic ku isi hose bizaba byarikubye gatatu, ikintu giteye inkeke. Bamwe muri...
Umuhinde Salman Khan ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ibindi bifitanye isano wabaga mu Rwanda yoherejwe iwabo. Kuri uyu wa Gatatu, taliki 27 Ugushyingo 2024, nibwo yurijwe indege ku kibuga cy’Ind...
Abayobora ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na RD Congo bemeje inyandiko inzobere zashyizeho ivuga ku bigomba gukorwa mu mugambi w’amahoro mu kurandura FDLR nk’uko Ibiro ntaramakuru bya Angola bib...
Perezida wa Amerika watowe Donald Trump yatangaje ko natorwa azashyiraho imisoro iri hejuru ku Bushinwa, kuri Mexique no kuri Canada. Yemeza ko ibyo biri mu bya mbere azakora akigera mu Biro. Trump av...
Abagize urugaga rw’abikorera ku giti cyabo bo mu Rwanda baherutse gutangaza ko bazatanga umusanzu ufatika mu kubaka umuhanda wa gari ya moshi u Rwanda ruteganya kubaka ku bufatanye n’Ubushinwa. Ni umu...
Abagore mu ngabo z’u Rwanda zigize ingabo zirwanira ku butaka zo mu kitwa Battle Group VI cyoherejwe mu butumwa bw’ Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), baganirije abagore ...
Mu Karere ka Musanze hatewe ibiti 6,000 ku musozi uri mu Murenge wa Gashaki hagamijwe kurinda ko isuri ikomeza kwisuka mu kiyaga cya Ruhondo. Ikiyaga cya Ruhondo gikora no ku Karere ka Burera, kikagir...
Umugore wa Kizza Besigye witwa Winny Byanyima asaba amahanga gukomeza gushyira igitutu ku butegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni kugira ngo arekure umugabo we uherutse kuvanwa muri Kenya akaba ari kub...









