Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Mark Cyubahiro Bagabe avuga ko kuva mu mwaka wa 2022, buri mwaka Leta ishyira Miliyari Frw 135 muri gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri. Avuga ko ayo mafaranga...
Kuri iki Cyumweru Tariki 24, Kanama, 2025 Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR) ryizihirije mu Murenge wa Gahini muri Kayonza isabukuru y’imyaka 100 rimaze rikorera mu Rwanda. Mu mwaka wa 1925 nibwo ryat...
Hafi y’ibitaro bya Faysal mu Murenge wa Kacyiru muri Gasabo hagiye kubakwa inzu ndende bigaragara zigize umushinga w’imiturire wiswe Ramba Hills Project. Izo nzu ebyiri muri zo zizaba zifite izindi z...
Abanyarwanda bohereza ikawa ku isoko ry’Uburayi basabwe gukurikiza ingingo y’uko ibiti by’iyo kawa bitagomba kuba byaratewe ahantu hahoze amashyamba agatemwa. Iri bwiriza rijyanye n’ibyo Abanyaburayi ...
Maj. Gen Cristóvão Artur Chume ushinzwe Minisiteri y’ingabo za Mozambique ashima ko umuhati wo kugarura amahoro muri Cabo Delgado wagizwemo uruhare n’inzego z’u Rwanda zishinzwe umutekano watumye abar...
Minisitiri w’ingabo za Mozambique witwa Major General Cristóvão Artur Chume, Umugaba mukuru wazo witwa Maj Gen André Rafael Mahunguane n’Umuyobozi wa Polisi y’aho CP Fabião Pedro Nhancololo bari mu R...
Taarifa Rwanda yabonye ibaruwa yasinywe na Dr. Murwanashyaka Emmanuel uyobora Akarere ka Nyaruguru itumiza inzego ngo kuwa Mbere kare kare bazahure baganire uko imitsindire y’abana muri aka Karere gah...
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasabiye igihano cy’urupfu Joseph Kabila wayoboye icyo gihugu imyaka 18 kubera ibyaha birimo no kugambanira igihugu bumushinja. Ab...
Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yabwiye Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi ko ibibera mu Burasirazuba bwa DRC birugiraho ingaruka mu buryo bw’umutekano n’ubw’imibereho myi...
RIB, ku bufatanye na Polisi, yafunze Manirakiza Straton, umukozi mu Kigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) ushinzwe ibikorwa byisanwa ry’umuyoboro w’amazi wa Ruhanga mu Murenge wa Rusoro...









