Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva muri Nzeri kugeza mu Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149. Ubaze neza usanga buri kwezi muri ayo atatu, ...
Komisiyo y’amatora muri Namibia yatangaje ko Netumbo Nandi-Ndaitwah wo mu ishyaka SWAPO riri ku butegetsi muri Namibia yatsinze amatora y’Umukuru w’igihugu. Netumbo-Nandi-Ndaitwah yabonye amajwi areng...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), ryashyize Intore z’u Rwanda mu murage ndangamuco ‘udafatika’ w’Isi. Byatangajwe na UNESCO kuri uyu wa 3, Ukubo...
Hirya no hino mu Rwanda hari abacuruzi b’ifu y’imyumbati cyangwa b’akawunga birengagiza ko iyo bacuruza irimo agahuyu bakayigurisha mu bigo by’amashuri. Ni ikosa baba bakoze kuko, nk’uko RSB ibyemeza,...
Domitille Mukantaganzwa wigeze kuyobora Inkiko Gacaca ku rwego rw’igihugu akabikora neza, yagiriwe icyizere cyo kuyobora n’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda. Yasimbuye Dr. Faustin Ntezilyayo nawe wagiye k...
Tariki 15, Ukuboza, 2024 i Luanda muri Angola hateganyijwe Inama izahuza Perezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ku butumire bwa mugenzi wabo uyobora Angola...
RURA yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki 04, Ukuboza, 2024 mu Mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo umugenzi azajya yishyura urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hak...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge, Rwanda Standards Board, kivuga ko abayobora ibigo mu mashuri ayo ari yo yose bagomba kumenya ko mu gikoni atari ahantu hasanzwe. Ni ubutumwa iki kigo cyageneye...
Mu Rwanda hagiye gutangizwa gahunda yiswe Rwanda Soil Information System (RwaSIS) izafasha abahinzi b’ibirayi kuzamura umusaruro ku kigero cya 20% mu myaka mike iri imbere. Ni gahunda izakoresha ikor...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yatangaje ko mu mwaka wa 2035 buri muturage azinjiza $ 5,000 ku mwaka. Ubu yinjiza $ 1,000. Minisitiri Sebahizi avuga ko biri mu rwego rwo kugera ku ...









