Mu Ugushyingo Polisi y’u Rwanda yatashye ibigo bitatu bishya bizafasha mu gusuzuma ibinyabiziga kugira ngo bikomeze akazi kabyo bitekanye. Kuri uyu wa Gatatu Polisi y’u Rwanda yasabye ababifite gutang...
Nyuma yo kwakira indahiro y’Umuvunyi Mukuru Madamu Madeleine Nirere, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeye kwibutsa abari aho ko akarengane na ruswa bidindiza iterambere kandi bigapyinagaza umutu...
Mu kiganiro kirambuye Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye agejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, yavuze ko kimwe mu bintu Leta igiye guha mwarimu harimo kongera 10% ku mu...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe isuku n’isukura Bwana Aimé Muzola avuga ko ikigo ayoboye cyatangije uburyo bwo gushyira amazi abaturage batuye mu duce dukunze kuyabura. Avuga ko ubu ari...
Nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri itangarije ko Abanyarwanda bemerewe gukorera imyitozo ngororamubiri mu byumba byabugenewe bita Gym, Minisiteri ya Siporo yasohoye amabwiriza agomba kuzakurikizwa. Ibw...
Mu kiganiro yaraye agejeje ku ihuriro ry’Abanyafurika baba hanze yayo(Africa Diaspora Network) Perezida Paul Kagame yabwiye abaryitabiriye ko n’ubwo Isi yose ihanganye n’ingaruka za COVID-19 , Abanyaf...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 01, Ukuboza, 2020 Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu batatu barimo uwitwa Rwabukwisi, bose ikaba ibakurikiranyeho guhimba inyandiko na kashi(stamps)47 z’ib...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umukozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi rumukurikiranyeho kwakira ruswa ruvuga ko yahawe n’umwe bakandida bashakaga kuba abarim...
Ikigo kitwa Rwandafresh Band gitangaza ko kugeza mu mpera z’Icyumweru gishize( ni ukuvuga hagati y’italiki 23 na 29, Ugushingo, 2020) , u Rwanda rwohereje hanze toni 157 z’ikawa n’icyayi. ...
Ahitwa ku Karumuna mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera hari abaturage bataka ko umwotsi uva mu ruganda rukora impu wivanga n’umunuko uruvamo bikabahumanya. Uruganda rutunganya impu rwitwa Kiga...









