Umwe mu bashyira abaturage batuye mu byiciro by’Ubudehe bivuguruye avuga ko kimwe mu bibazo bari guhura nabyo ari uko hari abaturage bavuga ko nta butaka bafite kandi bafite nka are ebyiri, eshanu, ic...
Jean Bosco Rudasingwa wari uhagarariye Ihuriro ry’abagabo baharanira kumvikanisha akamaro k’ubwuzuzanye hagati y’umugore n’umugabo mu nama yahuje abagore bagize Pro Femmes Twese hamwe na MIGEPROF yavu...
Hari abaturage bo mu midugudu wa Kangongo na Kibiraro mu Kagari ka Nyarutarama mu murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo bavuga ko kujya mu mudugudu wa Busanza batabyanze ariko ngo ni hato, abashakanye...
Umuyobozi mukuru mu Kigo k’u Rwanda gishinzwe iterambere Madamu Belise Kariza avuga ko n’ubwo u Rwanda rukomeje gutera imbere mu bukerarugendo, hakenewe gutekerezwa izindi nzego bwakorerwamo kugira ng...
Kuri uyu wa Kane taliki 03, Ukuboza, 2020 mu mudugudu wa Mbogo, Akagari ka Murama, Umurenge wa Ngera mu Karere ka Nyaruguru humvikanye amakuru avuga ko ingimbi yitwa Pascal y’imyaka 19 y’amavuk...
Mandisi Bongani Mabuto Mpahlwa niwe watanzwe n’ubutegetsi bw’i Johannesburg ngo ahagarira inyungu z’Afurika y’Epfo mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane taliki 3, Ukuboza, 2020 nibwo yahereje Minisitiri w’ubub...
Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya ashimira USA inkunga itera uburezi bw’U Rwanda, akemeza ko gufasha uburezi kugira ngo butere imbere bifasha n’igihugu cyose. Yabivuze kuri uyu wa Gatatu tal...
Kuri uyu wa Kane taliki 03, Ukuboza, 2020 nibwo Urukiko ruburanisha imanza mpuzamahanga n’izambukiranya imipaka rwemeje ishingiro ry’ikifuzo cy’ubushinjacyaha cy’uko imanza za Paul Rusesabagina, Calli...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’inzego z’ibanze(Local Administrative Entities Development Agency, LODA) gitangaza ko guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 04 kugeza ku Cyumweru taliki 06, Ukuboza,...
Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga(USAID) cyatanze miliyoni $1.5 ( ni ukuvuga miliyari 1.5 Frw) yo gufasha abafite ubumuga kwihangira akazi. Ni mu rwego rwo kubafasha kwivana mu...









