Muri byinshi yagarutseho mu ijambo yagejeje ku baturage, Perezida Kagame yagarutse ku myenda ibihugu by’Afurika bifitiye amahanga, ikaba yararushijeho kuba ikibazo muri ibi bihe bya COVID-19. Perezid...
Atangiza ijambo rye, Perezida Kagame yavuze ko uko Abanyarwanda bari biteze umwaka wa 2020 atari ko bawubonye kandi ngo ni ibisanzwe kuko ntawe umenya ibizaza uko bizagenda. Mu bintu yagarutseho harim...
Guhera kuri uyu wa Kabiri, Abanyarwanda bagomba kuzajya baba bari mu ngo zabo saa mbiri z’ijoro(ku batuye ahandi hatari muri Musanze). Polisi isaba abaturage kwirinda ibirori bishobora kubakururira CO...
Taarifa yagereye abaturage ibabaza icyo bumva babaza Perezida Kagame mu kiganiro ari buhe Abanyarwanda kuri uyu wa Mbere taliki 21, Ukuboza, 2020. Iki kiganiro kiratangira saa saaba zuzuye(1h00pm). Um...
Umusaza w’imyaka 70 witwa Karangwa Callixte wo mu murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare afite ibikomere mu mutwe bivugwa yatewe n’ingabo za Uganda zamutemye kuri iki Cyumweru ubwo yajyaga yo gus...
Kuri uyu wa Mbere tariki 21, Ukuboza, 2020 Perezida Kagame arabwira Abanyarwanda ijambo rikubiyemo iby’ingenzi byaranze umwaka wa 2020 n’icyo abifuriza mu mwaka ukurikiyeho. Umwaka wa 2020 ntiwagendek...
Ibihugu by’u Bubiligi, u Buholandi n’u Budage byabujije indege zituruka mu Bwongereza kugwa ku bibuga byabyo kukomuri kiriya gihugu havugwa ubwoko bushya bwa COVID-19 kandi bwandura vuba. Amakuru y’ub...
Hari abakorera n’abigeze gukorera Croix Rouge y’u Rwanda babwiye Taarifa ko umuyobozi mukuru wa kiriya kigo abarenganya, kandi akaba yarashyizeho imikorere idahuje n’amahame agenga kiriya kigo(statut)...
Muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo haravugwa inkuru ya Perezida wa Komisiyo yo kurwanya ruswa wiwa Ghislain Kikangala uherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa ya 3...
Imyaka igiye kuba 30 u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kugeza ubu ni igihugu kiri gutera imbere n’ubwo hatabura ibitotsi birimo na bamwe mu bayobozi bakurikiranwaho ruswa. Louise Mushik...









