Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yabwiye Taarifa ko Urwego avugira rwatangiye gushakisha abaraye bateye urugo rw’umuturage w’i Gihundwe bafite imbunda rukab...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27, Ukuboza, 2020abantu batatu barimo babiri bambaye imyenda abaduhaye amakuru bavuga ko ari iya gisirikare bateye urugo rwa Bavugamenshi n’umugore we Mukandayisenga bababwira...
Kuri iki Cyumweru nibwo abatuye Centrafrique batoye Perezida wa Repubulika wabo. Ni amatora yabaye mu gihe mu gihugu hari umwuka mubi w’abarwanyi bashakaga kuyaburizamo. U Rwanda rwaritabajwe kugira n...
Ubwo haburaga amasaha make ngo Abanyarwanda bizihize ivuka rya Yezu nibwo umunyemari Paul Muvunyi yatawe muri yombi. Afungiwe kuri stasiyo ya Polisi i Remera. Taarifa yaperereje imenya icyo afungiwe. ...
Desiré Dusingizimana yacunze iwabo basinziriye arasohoka ajya kwiyahuza umuti wica imbeba. Umurambo we wabonywe na Se mu gitondo nyuma y’uko babyutse bakamubura mu rugo. Umunyamabanga nshingwabikorwa ...
Mu minsi mike ishize hari raporo yasohotse ivuga mu buryo butaziguye ko abahanga mu ikoranabuhanga(hackers) bishoboka cyane ko ari abo mu Bushinwa bamaze igihe bavoma amakuru muri cameras ziri mu Ngor...
Muri Kanama, 2020 twatahuye uburiganya bw’amafaranga abaturage bishyura kuri Tap&Go ya murandasi iyo bateze imodoka ariko ntibayihabwe. Bukeye bw’aho RURA yahamagaje abanyamakuru kugira ngo ...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki 24, Ukuboza, 2020 hari abamotari polisi yafashe video barenze umuhanda ugenewe ibinyabiziga bagenda mu w’abanyamakuru kandi bitemewe. Polisi yafashemo 31, buri ...
Yoweli Kaguta Museveni ku myaka 76 yongeye kwiyamamariza kuyobora Uganda kuri Manda ya gatandatu y’imyaka itandatu. Amaze imyaka 34 ayobora kiriya gihugu gituranyi cy’u Rwanda. Kuri iyi nshuro Museven...
Raporo yakozwe n’inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha yagaragaje ko Minisiteri y’ubuhinzi yahaye uturere ifumbire kugira ngo tuyihe abahinzi kandi dukurikirane uko izashyurwa. Iyaburiwe irengero ...









