Twamenye ko mu Mudugudu wa Mukoni, Akagari ka Kamashashi mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro hari umubiri wataburuwe bigizwemo uruhare na Mukundwa Theophile nyuma yo kwishyurwa Frw 110 000....
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo asaba ibigo by’imari n’abandi bafite ijambo rikomeye mu bihugu bikoresha Igifaransa gufasha abagore...
Urubanza Nkubiri Alfred aregwamo rwaburanishirijwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo. Rwatangiye rutinze ariko aho rutangiriye habanza kumvwa ubwunganizi bwa Nyiramahoro Theopista. &nb...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 30, Ukuboza, 2020 nibwo hari bube urubanza ruregwamo umunyemari Alfred Nkubiri ukurikiranyweho ibyaha birimo kunyereza ifumbire . Urubanza rwe rwari ruteganyijwe gutangira s...
Umunyemari Paul Muvunyi umaze icyumweru afunzwe akurikuranyweho guhimba sinya, yitabye ubushinjacyaha kuri uyu wa Kabiri. Hari ahagana saa munani, akaba yitabye ubushinjacyaha bw'i Nyamirambo i K...
Hari ba rwiyemezamirimo n’abantu ku giti cyabo MINAGRI ivuga ko banyereje ifumbire bagera kuri 19. Bose uko bakabaye barimo Leta umwenda wa Frw 9.016.018.268. Ikigo cya Itegeri Dieudonné kitwa SOPAV ...
Umugabo witwa Kamanzi Assiel ushinzwe ubutaka mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro arashinjwa n’abaturage kubaka ruswa kugira ngo bubake basenyerwa akabitakana. Gitifu w’Umurenge yamutan...
Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda Bwana Harrison Mutabazi aherutse kuvuga ko Leta y’u Rwanda ifite gahunda yo gutangiza icyo yise ‘UBUHUZA’ hagamijwe kugabanya imanza zituma hari abatsindwa bagafungwa bik...
Umugabo witwa Jerôme Tumusifu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho gukubita uwitwa Etienne Musabyemahoro w’imyaka 15 bikamuviramo urupfu. Abamuzi babwiye Taarifa ko...
Nyuma y’uko dusohoye inkuru ivuga ku iperereza twakoze ku cyatumye ubugenzacyaha bufunga umunyemari Paul Muvunyi, RIB yatubwiye ko akurikiranyweho guhimba sinya (signature, impapuro mpimbano) y’umwe m...









