Icyegeranyo Taarifa yakoze kigaragaza ko mu bahanzi b’Abanyarwanda bakize kurusha abandi harimo bake bageze kandi barangiza Kaminuza. Abaminuje ntibakijijwe n’amasomo ahubwo bakijijwe no kuririmba, we...
Amakuru Taarifa yizeye neza avuga ko Padiri Ubald Rugirangoga wari umaze igihe arwariye mu bitaro byo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika biri muri Leta ya Utah, yitabye Imana. Yazize uburwayi bw’ibihaha...
Komiseri mukuru wa Polisi ya Uganda Martin Okoth Ochola yaburiye abaturage ba Uganda ko uzahirahira agahungabanya umutekano ku munsi w’amatora ‘azicuza icyo Nyina yamubyariye.’ Amatora y’U...
Mu nteko y’Ikipe ya APR FC yabaye muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2021 yatoye ubuyobozi bushya bwa APR FC. Major Gen Mubarakh Muganga niwe wagizwe Chairman wayo avuye ku m...
Bwana Sepp Blatter wigeze kuyobora FIFA ari mu bitaro. Byatangajwe n’umukobwa we witwa Corinne Blatter Andenmatten. Yavuze ko Se arwaye ariko ko ubuzima bwe butari mu kaga ko kuba indwara yamuhitana. ...
Umuziki mu Rwanda ugitangira byari bigoye ko hari uwatekereza ko uzatunga umuhanzi. Byatumye hari abahanzi bahitamo guha umwanya wabo amashuri, kuko nta kizere cy’uko umuziki wazabatunga ubwawo bari b...
Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya yatangaje ko taliki 18, Mutarama, 2020 ari bwo abana biga mu mashuri y’incuke n’abiga mu mwaka wa mbere n’uwa gatatu w’amashuri abanza bazatangira amasomo. ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere( RDB) cyasohoye itangazo rikubiyemo amabwiriza mashya areba abantu bose bifuza gusura ahantu nyaburanga mu Rwanda arimo na za Pariki.Ni amabwiriza ashingiye ku by...
Ni ubwa mbere mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abaturage bigabye bagatera Ibiro by’Inteko ishinga amategeko, bakinjiramo bakayisakiza. Polisi iyirinda byarayirenze irazibukira. Igitangaje ni u...
Ibya ruswa y’igitsina bimaze igihe kirekire bivugwa mu myidagaduro. N’ubwo atari umwihariko ku bakora muri uru ruganda gusa, ariko naho irahari kandi hari benshi babyemeza. Abahanzi cyane cyane abakiz...









