Mu mavanjiri ya Mariko, Luka na Yohana niho hakunze kugaragara izina Elayono. Amavanjiri ubundi ni ane: Iya Matayo, Mariko, Luka na Yohani. Elayono ivugwa wari umusozi uherereye mu nkengero za Yeruzal...
Jean Claude Habimana wari umaze imyaka ine abana na Nyina mu Kagari ka Byahi, Umurenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu nyuma y’igihe yari amaze atandukanye n’umugore we yiyahuye akoresheje umugozi. Ku...
Kuri iki Cyumweru tariki 24,Mutarama, 2021 abayoboke b’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi( bitwa Abagumyabanga) bateranye mu nama yaguye batora Bwana Réverien Ndikuriyo ngo asimbure Evariste Ndayish...
Munezero Aline wamenyekanye ku izina rya Bijoux muri filimi z’uruhererekane ziswe Bamenya yatangaje ko hashize iminsi mike atandukanye n’uwari umukunzi we witwa Abijuru Benjamin (King Bent) wari war...
Urutonde rwasohowe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika rwasohotse mu masaha make ashize rwerekana ko Rayon Sports ari yo kipe yo mu Rwanda ihagaze neza hashingiwe ku manota yagize u...
Umuryango ukorera muri USA witwa Open Doors wasohoye urutonde rw’ibihugu 50 ku isi aho bigoye ko umuntu aba Umukirisitu. Kenya iri mu bihugu by’Afurika, ikaba iya mbere muri EAC. Igihugu kiri ku mwany...
Repubukika ya Centrafrique iri mu gihe kidasanzwe kubera ko inyeshyamba zugarije Umurwa mukuru Bangui. Leta ifite impungenge ko ziriya nyeshyamba zishobora guhirika ubutegetsi. Inyeshyamba zirwanya Le...
Umwe mubo mu muryango wa nyakwigendera Padiri Ubald Rugirangoga yabwiye Taarifa ko tariki 27 na 29, Mutarama, 2021 i Utah hateguwe umuhango uzabera Online wo gusezera kuri Padiri Ubald Rugirangora. K...
Inkuru ibabaje ku rwego mpuzamahanga iravuga ko umunyamakuru w’icyamamare wakoreye CNN mu myaka 25 witwa Larry King yapfuye azize COVID-19. Larry King yari amaze igihe mu bitaro by’i Los Angeles, Cali...
Itangazo ryasohowe n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuzima, RBC, rivuga ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 23, Mutarama, 2021 bamwe mu batuye Kigali bafite imyaka 70 kuzamura bagomba kujya ku tugari...









