Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr. Emmanuel Ugirashebusha kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ukuboza 2024 yatangaje ko gukoresha ubwumvikane hagati y’abafitanye ibibazo byafashije mu...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko nyuma yo kumenya amakuru y’urugomo ruvugwa mu mutwe w’iyi nkuru, rwatangiye iperereza ruta muri yombi abasore n’inkumi b’Abanyarwanda bari mu bikorwa byo ...
Ubuyobozi bw’uruganda Masaka Farms bukorera mu cyanya cy’inganda cya Masoro bushimirwa ko mu nzego zose z’imirimo irukorerwamo uhasanga abafite ubumuga. Ubumuga ni imiterere ya rumwe mu ngingo z’umubi...
Guverinoma y’u Budage yemeye gutera u Rwanda inkunga ya Miliyoni 20.97 z’Amayero ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 30 yo gushora mu mishinga yo gutera inkunga ibikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 16 yafatiye mu turere tunyuranye ibakurikiranyeho kwiba inka. Guhera muri Nzeri, 2024 kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, Polisi yavuze ko hibwe inka zirenga 100. Abo ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye abayobozi n’abahanga mu by’ingufu za nikeleyeri bari bamaze iminsi mu Rwanda mu nama yiga kuri izi ngufu. Abo bayobozi bayobowe na Dr. Lassina Zerbo, U...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru abantu ruvuga ko bashakaga kugurisha ubutaka bw’undi bamwiyitiriye. Aberetswe itangazamakuru bafashwe nyuma y’uko tariki 04, Ukuboza, ...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ku musaruro mbumbe w’ubukungu bw’u Rwanda igaragaza ko wazamutse ku kigero cya 8.1% mu gihembwe cya gatatu cya 2024. Mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe ashima urwego umubano w’u Rwanda na Qatar ugezeho, akavuga ko ibikorwa byivugira. Mu gitaramo cyo kwizihiza igihe Qatar imaze ari i...
IGP Felix Namuhoranye ari muri Ethiopia mu ruzinduko rugamije gushimangira umubano hagati ya polisi z’ibihugu byombi. Yahahuriye kandi aganira na mugenzi we CG Demelash Gebre Michael Weldeyes, basinya...









