Umuyobozi w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Tito Rutaremara, avuga ko kugira ngo abantu bagira agaciro karambye bisaba ko baba ntawe bategera amaboko. Iri jambo yarivuze ubwo yibukaga ...
Uwo ni Richard Austin Quest. Yari aherutse gutangaza ko agiye gusura u Rwanda. Hari amafoto ari kuri Twitter yifotoreje hamwe mu hantu nyaburanga ho mu Birunga by’u Rwanda ‘yambaye agapfumunwa&...
Ni icyemezo cyafashwe na Leta y’u Bwongereza mu rwego rwo guca intege abica amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kuri iki gihano haziyongeraho n’amande ya £10,000. Ibi byemezo byatangajwe n’umunyamabanga ...
Nyuma y’iperereza impuguke z’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi ryari rimaze iminsi rikorera muri Wuhan, ryatangaje ko nta bimenyetso ryabonye ryakwemeza ko COVID-19 yakomotse mu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Centrafrique Madamu Sylvie Baïpo Temon, yasuye Ingoro yerekana urugamba rwo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, ashima ko u Rwanda rwiyubatse nyuma y’ibyarubayeh...
Umugabo witwa Hulbert wo mu Ntara ya Kabare yafatiwe mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Kivuye azaniye Umunyarwanda urumogi rupima ibilo 20. Yabwiye itangazamakuru ko uwari wamuhamagaye ari we wamutan...
Ubwo abatuye Kigali bari barategetswe kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda kwanduzanya COVID-19, Umuraperi Amag The Black yacuruje amafi. Byari uburyo bwo gufasha abantu kubona ibyo bafungura kandi n...
Polisi y’u Rwanda iherutse guta muri yombi abagabo babiri bo mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza ibakurikiranyeho kwica impala. Ko Pariki y’Akagera izirishije senyenge z’amashanyarazi, ni iki g...
Nyuma y’uko Inama y’Abaministiri yiteranye igafata ingamba zirimo n’uko abatuye Umujyi wa Kigali basubira muri Guma mu Ruhgo, Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga ko ubwandu b...
Ubuyobozi bukuru bw’Ingoro ndangamateka z’u Rwanda butangaza ko ahari Umudugudu witwa Urukari mu Karere ka Nyanza hagiye kwagurwa hubakwe ingoro nyinshi za bamwe mu bami b’u Rwanda kugira ngo amateka...









