Ni ubwa mbere mu mateka abantu banduye ibicurane by’ibiguruka. Aya makuru ateye ubwoba yatangajwe bwa mbere mu Burusiya aho abakozi barindwi bo mu kigo cyorora inkoko bapimwe basanganwa Virus yitwa H5...
Akarere ka Gakenke kari kubakwamo imihanda ya kaburimbo ifite uburebure bwa Kilometero 101. Iyi mihanda irimo n’uzahuza Imirenge ya Gicuba na Janja kandi abayituye bakazajya bagera ku bitaro bya Gaton...
Mu karere ka Nyagatare haherutse gufatirwa umuturage witwa Phocus Nkurikiyingoma ukurikiranyweho gushinga uruganda rukora inzoga itujuje ubuziranenge yise Umuneza. Litiro 1400 bamusanganye barazimenny...
Kuri 20 gashyantare 2021 nibwo hagombaga Gutoranya abakobwa bakomeza mu kindi kiciro cyatangiye saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri televiziyo y’u Rwanda. Abakobwa basaga 400 nibo bari biyandikis...
Minisiteri y’ubuzima muri Tanzania yemeje ko indwara iri kwica abaturage ari COVID-19. Ibiro bishinzwe kuvugira iyi Minisiteri bivuga byemeje ko ibimenyetso bihari byerekana ko muri kiriya gihugu har...
Abaturage barenga 20 bo mu mirenge ya Gitesi, Mutuntu na Rwankuba batubwiye ko bakoreye ikigo cyatsindiye isoko ryo gushinga amapoto y’amashanyarazi kitwa CEC kirabambura. Umwe muri bo yatubwiye ko ba...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko Abanyarwanda bazakingirwa mu byiciro bitewe n’uburyo inkingo zizajya ziboneka. Hari mu kiganiro yahaye Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Minisit...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni aherutse kwakira abahagarariye ibihugu bigize Umuryango w’u Burayi ijambo barumirwa. Hari aho yababwiye ko bafite ikibazo mu mitekerereza(deficit in philosophy). Har...
Perezida John Magufuli wa Tanzania yasabye ko haba indi minsi itatu yo gusenga no kwiyiriza basaba Imana kubakiza coronavirus ivugwa bushya muri iki gihugu. Mu ijambo rye mu gushyingura umunyamabanga ...
Nyuma ya video imaze amasaha make isohotse yerekana abaturage bigaragambiriza imbere y’Ambasade y’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, Ambasaderi w’u Rwanda muri kiriya gihugu Bwana Vincen...









