Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yagumishije igipimo fatizo cy’inyungu yayo kuri 4.5%, nyuma yo gusanga hagikenewe ingamba zinyuranye mu kuzahura ubukungu muri ibi bihe by’icyorezo cya COVID-...
Umuryango Hult African Business Club wahagaritse ikiganiro cyagombaga kwitabirwa na Trésor Rusesabagina – umuhungu wa Paul Rusesabagina uri imbere y’ubutabera bw’u Rwanda – nyuma yo kumenya byinshi ku...
Minisitiri w’ibidukikije mu Rwanda Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya yeretse abahagarariye ibihugu bikora ku ruzi rwa Nil raporo ikubiyemo ingamba zishingiye ku bushakashatsi zizabafasha gufata ingamba zo ...
Kugeza kuri iki Cyumweru, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko abamaze kwandura icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda ari abantu 18.053, abamaze gupfa ni 249. Iki cyorezo cyagaragaye bwa mbere mu Bu...
Luca Attanasio wari uhagarariye u Butaliyani muri DRC yazize ibikomere by’amasasu. Urupfu rwe rutangajwe nyuma y’uko arasiwe mu modoka yari arimo ahereje amakamyo y’Umuryango ushinzwe ibiribwa ku isi ...
Ikigo gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko mu Cyumweru gishize igiciro fatizo cy’ikawa n’icyayi cyazamutse, nubwo ingano y...
Hasigaye igihe gito ngo Umurundi Liberat Mfumukeko arangize Manda ye ku Bunyamabanga bukuru bwa EAC. Yagiye ku buri buriya buyobozi muri 2016 asimbuye Umunyarwanda Dr Richard Sezibera. Tariki 26, Mata...
Seif Bamporiki wari mu bagize umutwe w’iterabwoba wa RNC, yiciwe mu mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo, mu gace gakunze kuberamo ubugizi bwa nabi bukoreshwa intwaro. Amakuru yizewe aturuka muri Af...
Ubuyobozi bukuru bw’ingabo za DRC bwafashe icyemezo cyo gukura abasirikare ku rugo rw’uwahoze ayobora kiriya gihugu. Bari mu basirikare badasanzwe bari bashinzwe kururinda, ariko basimbujw...
Miss Mutesi Aurore Kayibanda wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2012 yemeje ko urukundo rwe na Mbabazi Egide bari barasezeranye kubana akaramata ‘rwahagaze.’ Yabitangaje mu kiganiro yagiranye mu buryo bw’...









