Ambasaderi w’u Rwanda i Singapore Bwana Jean de Dieu Uwihanganye avuga ko ikawa, n’ibindi bikomoka ku buhinzi biva mu Rwanda biri mu bikunzwe n’abaguzi bo muri kiriya gihugu. Yanditse ko abanya Singap...
Uwari usanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye nyuma yo gushinjwa itonesha rishingiye ku gutsina. Yabikoze mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Guverinoma ya Zimbabwe. Moha...
Urukiko rw’Ikirenga n’Urukiko rw’Ubujurire zamaze kwimura icyicaro gikuru, ziva ku Kimihurura ahateganye n’ingoro y’Inteko Ishinga amategeko zimukira mu nyubako nshya iri ku muhanda ugana ku Kacyiru. ...
Perezida Paul Kagame yavuze umugabane wa Afurika ukwiye kuvuga mu ijwi rimwe ku bijyanye n’ikwirakwizwa riboneye ry’inkingo, mu gihe hakomeje kugaragara ibihugu bikize byiharira inkingo za COVID-19 zi...
Paul Rusesabagina ari gukurikiranwa ku byaha by’iterabwoba aregwa, nyuma yo gufatwa mu buryo butabonwa kimwe hagati y’u Rwanda n’ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’imwe mu miryango ivuga ko ih...
Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa hamwe n’abantu babiri be ba hafi bakatiwe igifungo cy’imyaka itatu – harimo imyaka ibiri isubitse – nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa. U...
Mu birori bya The Choice Awards 2020 Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi wahize abandi mu Rwanda, Meddy ahabwa icy’umuririmbyi w’umwaka mu Banyarwanda bakorera umuziki hanze yR...
Umurambo wa Padiri Ubald Rugirangoga uri gusezerwaho muri Kiliziya ya Regis Pacis iri mu Murenge wa Kimironko mu Karere k Gasabo. Kuri uyu wa Gatatu nibwo azashyingurwa mu Karere ka Rusizi ahitw...
Urukiko rurasoma urubanza rumaze iminsi ruburanisha ku byaha Nicolas Sarkozy amaze iminsi aregwamo, aho ubushinjacyaha bumushinja gukoresha ubushobozi yari afite nka Perezida wa Repubulika agaha umuca...
Ubuyobozi bukuru bushinzwe ‘Protocole ya Leta’ muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwaciye amarenga ko hari ubwiru mu rugendo rwari rugiye gukorwa na Luca Attanasio wari Ambasaderi w’u ...









