Minisiteri y’Ubuzima yatangiye igikorwa cyo gukingira icyorezo cya COVID-19, haherewe ku matsinda afite ibyago byinshi byo kwandura icyo cyorezo cyangwa kuzahazwa nacyo. Iyi minisiteri yatangaje ko &#...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta yakiriye ku kibuga cy’indege inkingo 50.000 za COVID-19 u Rwanda rwahawe n’u Buhinde, ziyongera ku zikabakaba 347.000 za AstraZeneca/Oxford na ...
Urwego Ngenzuramikorere , RURA, rwatangaje ko ibiciro bya lisansi na mazutu mu Rwanda byazamutseho 10%, impinduka mu biciro ahanini ryatewe n’imiterere y’isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli....
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryasinyanye amasezerano n’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA, azatuma ruba umuterankunga mukuru wa shampiyona mu gihe cy...
Kuva iki cyumweru cyatangira inkuru ishyushye mu gihugu zirimo n’ijyanye n’inkingo za COVID-19, nyuma y’uko kuri uyu wa Gatatu u Rwanda rwakiriye inkingo 347.000 zizatangira guhabwa abantu kuri uyu wa...
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’Umukino wo gusiganwa ku Magare bitwaye neza muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare yaberaga mu Misiri. Batwaye imidari itanu irimo itatu ya Feza. Iyi midari bayegukanye ku ...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko mu rwego rwo kugeza inkingo za COVID-19 mu bice bigoye kugezwamo imodoka, uyu munsi hifashishwa kajugujugu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 04, Werurwe, 2021 nibwo ...
Nyuma kubwira Urukiko ibyo burega Idamange, yahawe uburyo bwo kugira icyo abivugaho atangaza ko ibyo aregwa abihakana kandi ko ibyo yavuze byose yabitewe n’agahinda yatewe n’uburyo yabonye Abanyarwand...
Kuri uyu wa Gatatu u Rwanda rwakiriye inkingo ibihumbi 240 za AstraZeneca/Oxford, zaje gukurikirwa n’inkingo ibihumbi 102 zo mu bwoko bwa Pfizer, zagejejwe mu Rwanda ku bufatanye bwa gahunda mpuzamaha...
Idamange Iryamugwiza Yvonne yasomewe ibyaha aregwa uko ari bitandatu avuga ko byose abihakana. Ibyaha aregwa ni Guteza Imvururu n’imidugararo, Gutesha aga ibimenyetso bya Genocide,Gutangaza ibihuha, G...









