Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge yavuze ko Minisiteri ayoboye yateguye imfashanyigisho izafasha Abanyarwanda kwitegura kurushinga, bazajya...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo na Perezida y’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Charles Michel...
Ibihugu bikomeje kongera imbaraga mu gukingira abaturage icyorezo cya COVID-19, kuko cyandura kandi kikica benshi. Gusa hakomeza no kwibazwa impamvu nyuma yo gukingirwa ari ngombwa kugumana agapfukamu...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo na Perezida y’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Charles Michel, bari mu Rwanda aho basuye ibikorwa bitand...
Abakobwa 20 batsindiye kujya mu mwiherero w’irushanwa rya Miss Rwanda 2021, ubanziriza ibirori bizamenyekanamo Nyampinga w’u Rwanda w’uyu mwaka bizaba ku wa 20 Werurwe. Ni abakobwa batoranyijwe muri 3...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umunsi wa kabiri wo gukingira COVID-19 mu Rwanda wasojwe abakingiwe mu gihugu cyose bamaze kuba 158.898, barimo 83.842 bakingiwe kuri uyu wa Gatandatu. Gukingira COVI...
Ku Cyumweru gishize(hari tariki 28, Gashyantare, 2021) ingabo z’u Rwanda n’iz’u Burundi zararasanye hagira izikomereka ku mpande zombi. Ubuyobozi ku mpande zombi bwirinze kubitangaza ndetse burakomako...
Inzego z’ubuhinzi n’ubworozi zo muri Kenya na Uganda ziratangaza ko hari inzige nyinshi ziri guturuka muri Kenya zigana muri Uganda. Umwe mu babyemeza ni Everest Magara, ushinzwe kuzikumira mu muryang...
Aho ni muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hafi y’Umujyi wa Bukavu ahitwa Luhihi. Abaturage bigabije uwo musozi bawucukuza amapiki n’ibitiyo kugira ngo bayore iryo buye...
Mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali abarimu 1851 bakorera mu mashuri atandukanye mu turere tugize Umujyi wa Kigali bari gukingirwa icyorezo COVID-19. Ni ku munsi wa kabiri mu Rwanda bakingira aba...









